Gen Andre Ohenzo yiteguwe kugera mumisozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajyepho bidatinze.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 18.04.2023, saa 3 :00PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, dukesha abaturiye Imisozi miremire y’Imulenge (High Land), nuko Muminembwe biteguye Brigadier General André Ohenzo Oketi, naho Col Alexis Rugabisha akaba yamaze kuva muri Minembwe aho yagiye nindege ya Kajugujgu ya Monusco.
Uyu mu Général yaramaze igihe kitari kinini avuye mu Minembwe aho byavugwa ko yatsimbuwe na Col Alexis Rugabisha.
Mumakuru tutarabasha kumenya neza nicoba carakuye Gen Ohenzo muri Minembwe igihe yahava kuko haramakuru yakomeje guhwihwiswa ko agiye kwisigura impamvu atarwanya abaturage b’Irwanaho bikavugwa ko yoba yararezwe nabadakunda ko Imulenge haba amahoro, nimugihe uyu Mugabo yari yaragaruye amahoro muri Minembwe.
Ikindi mubyavuzwe nuko Colonel Alexis Rugabisha, ko nawe yamaze kuva mumisozi miremire y’Imulenge akerekeza i Kalemi ho muntara ya Tanganika.
Gusa Kugeza izi saha Gen Andre Oketi aracari i Bukavu kumurwa mukuru wintara ya Kivu Yepfo, uwatanze ayamakuru kuri Minembwe Capital News, yaduhamirije ko vuba araba yagarutse muri Minembwe.
Bikavugwa ko Gen Andre Oketi ariwe wahawe kuyobora 12ème brigade ya Minembwe ireba imisozi miremire yimulenge muri Kivu Yepfo.
This is the right blog for everyone who wants to find out about this topic. You understand so much its almost hard to argue with you (not that I personally would want toÖHaHa). You certainly put a new spin on a topic thats been written about for decades. Wonderful stuff, just great!
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Hapo sawa, Jamaa huyo wacha aende Kalemie. Mungu yu mwema.
Rugabisha wee genda
This is the right blog for everyone who wants to find out about this topic. You understand so much its almost hard to argue with you (not that I personally would want toÖHaHa). You certainly put a new spin on a topic thats been written about for decades. Wonderful stuff, just great!