Undi musirikare ufite ipeti rya Colonel yacitse igisirikare ca Leta ya Republika ya democrasi ya Congo (Fardc) maze y’iyunga na M23.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 13.04.2023, saa 7:15 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru amaze kumenyekana nuko Colonel Oscar Ndabagaza yamaze gutoroka igisirikare ca Republika ya democrasi ya Congo (FARDC), Ndabagaza yakoreraga akazi ke ka Gisirikare muburasirazuba bw’iki gihugu ca Congo Kinshasa.
Nkuko Minembwe Capital News, yabwiwe ayamakuru byavuzwe ko Col Oscar Ndabagaza yaraheruka gutukwa numusirikare wari hejuru ye mungabo za FARDC amubwira ko ab’Atutsi ari Ubwoko bubi ibi bikaba biri mubyatumye Col Oscar Ndabagaza y’iyunga ningabo abenshi bakunze kuvuga ko zihetse isezerano arizo M23.
Col Oscar Ndabagaza, agiye mugihe hari hashize ukwezi kumwe Colonel Moïse Byinshi Gakunzi, nawe achitse igisirikare ca Leta ya Kinshasa nimugihe we yagaye Imikorere y’igisirikare ca FARDC aho yavuze ko ingabo za Republika ya democrasi ya Congo FARDC zikorana nimitwe ishinjwa kwica abaturage cane bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda (Tutsi), muriyo mitwe harimo Mai Mai ndetse n’a FDLR.
Mubasirikare bakuru bamaze kugaya Imikorere y’igisirikare ca FARDC, bagahitamo kugicika cangwa kugitoroka harimo Col Rukunda Makanika Michel, witandukanije na Fardc mumwaka wa 2019, aja kwiyunga nabaturage b’Irwanaho mumisozi miremire y’Imulenge homuri Kivu yamajyepho, nimugihe abaturage bomubwoko bw’Abatutsi (Banyamulenge), barimo kw’icwa n’inyeshamba zomumutwe wa Red tabara ndetse n’a mai Mai Bishambuke.
Nyuma ya Col Makanika hagiye undi witwa Colonel Charles Sematama waruyoboye régiment yarifite icicaro mubice byomuri Kivu yamajyaruguru, Sematama nawe yahise aja kwiyunga nabaturage b’Irwanaho mumisozi miremire y’Imulenge homuri Teritware ya Fizi.
Harinabandi basirikare Bari kurwego rwa ba Major, aha Twovuga nka Major Micho, nabandi bari bafite ipeti rya Lieutenant Colonel nka Mufoko nabandi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.