Ingabo za Republika ya democrasi ya Congo (FARDC), zikorera mumisozi miremire y’Imulenge Mugace ka Mikenke barashinjwa ubujura bwimirima yabaturage.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 08.04.2023, saa 7:00 AM, Kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera Kuri Minembwe Capital News dukesha abaturiye imisozi miremire y’Imulenge, nuko Mugace ka Mikenke ho muri Teritware ya Mwenga Secteur ya Itombwe muntara ya Kivu yamajyepho mugihugu ca Republika ya democrasi ya Congo, Ingabo Za FARDC zishinjwa kwiba imirima yabaturage ndetse ngo zikaba zayimaze.
Yakomeje avuga ko “Imirima ikunze kw’ibwa nimirima ya bo mubwoko bwab’Anyamulenge ibyibwa ni Ibigori, ibijumba ndetse n’a mateke.”
Abaturage baturiye ako karere barasaba leta ya Kinshasa kubuza abasirikare babo kwiba abaturage ibibatunga.
Ibi bitangiye nyuma gato yuko Gen Ohenzo Andre aviriye mumisozi miremire y’Imulenge akabariwe waruramutswa 12ème brigade ifite icicaro Muminembwe kuri none uramutswa iyo Brigade ni Col Alexis Rugabisha.
Gen Andre Ohenzo akimara kugera mumisozi miremire y’Imulenge yabwiye abaturage bari bamaze imyaka irindwi (7), muntambara zurudaca ababwira ko abazaniye amahoro ibi byabaye impamu. Ikindi yari yasezeranije Abaturage nuko yari yababwiye ko agiye kwigisha abasirikare be kubana nabaturage amahoro ibi nabyo yabigezeho kuko amezi atatu yaramaranye nabaturage ntamuturage watatse ko bamwibye ibye.
Ubu bwibyi bwongeye kuvugwa mugihe Imisozi miremire y’Imulenge iramutswa Col Alexis Rugabisha, dore ko nintambara ziheruka mumisozi miremire ubwo Col Alexis Rugabisha yayoboraga iyi 12èbrigade ifite icicaro Muminembwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.