Président w’u Rwanda, Paul Kagame, mukiganiro yahaye itangaza makuru yavuzeko akarere gafite ubushobozi bwokumara intambara iri muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo ( RDC), iki kiganiro yagikoze nyuma yuko Président wa Kenya William Ruto, ageze mugihugu c’Urwanda kuruyu wa kabiri tariki 04.04.2023.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 05.04.2023, saa 11:57 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, dukesha ikinyamakuru ca RFI, aravuga ko Président Kagame Paul yatanze ikiganiro avuga ko ibihugu bigize Umuryango w’Afrika y’Iburasirazuba bifite imbaraga zokumara ikibazo cyintambara zimaze imyaka myinshi zibera muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo (RDC).
Kagame Paul yagize ati : “Akarere ka Africa y’iburasirazuba(EAC), gafite ubushobozi mugushaka igisubizo kirambye cy’amakimbirane ari mububurasirazuba bwa RDC, ati ndetse iki kibazo tumaze kugishakira Igisubizo nyuma y’imirwano ikomeye yahuzaga inyeshamba za M23 n’ingabo za leta ya Kinshasa muri iminsi yashize.”
Aya magambo aje nyuma y’uko umuhuza w’Amahoro muri Eastern ya Drc, Uhuru Kenyatta, atanze raporo ko umutekano mwiza muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo, amaze kugaruka nimugihe inyeshamba zomumutwe wa M23 zarizatangiye kuva mubice bya Masisi, aho bavuye hakaja ingabo za EACRF.
Intambara muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo, yongeye kubura mubice bya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo mumpera zukwezi kwagatanu umwaka wa bibiri namakumyabiri narimwe(2021), hagati yinyeshamba ziri mumutwe wa M23 n’Ingabo za Republika ya democrasi ya Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.