Abantu 19 nibo bahasize ubuzima bivuye kumvura muburasirazuba bwa Republika ya democrasi ya Congo ( RDC).
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 04.04.2023, Saa 6:50 AM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Amakuru agera kuri Minembwe Capital News dukesha abaturiye intara ya Kivu Yaruguru nuko mugace kitwa Bulwa, kari muri Teritware ya Masisi, mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo , abantu 19 bicwe nimvura kumunsi w’ejo hashize tariki 03.04.2023.
Nk’uko byatangajwe na Chadrack Mbuk, Ndibanja, umwe mu batware baka gace kitwa Bulwa ko muri Zone ya Masisi, avuga ko iyi mpanuka yaturutse kumvura yaguye arininshi mu gitondo co kuruyu Wambere.
Yanongeye ko bagikomeje gushakisha ko harabandi boba bahasize ubuzima kuko harinamazu menshi yasenyutse.
Alphonse Mushesha Mihingano, umuyobozi w’akarere ka Masisi, nawe yemeje iyi mibare ya mbere, ashimangira ko ari iyibanze kobagikomeje kureba ko harabandi.
Yongeyeho ko ababyeyi bagera kuri 25, baherekeje abana babo munzuzi barimo koza ibintu byagiye byangirizwa niyomvura.
Naho Umuturage umwe w’itwa Musafiri Balume, utuye i Bulwa, yatangaje ko yabuze umwe muri bashiki be mumvura nyinshi yaguye muribyo bice.
Subwambere Imvura yangiriza ibintu ikica nabantu muri Republika ya democrasi ya Congo, umwaka ushize Imvura yahitanye abantu bagera 150 mumujyi wa Kinshasa aho binavugwa ko iyimvura yaba yarahitanye abarenga abo iyomvura kandi bivugwa ko yanasenye namazu menshi bikanavugwa ko habaye nuburangare bwa Leta ya Kinshasa.
Muruku kwezi tuvuyemo uyumwaka mumujyi wa Baraka uherereye muri Teritware ya Fizi muri Kivu yamajyepho Imvura yahitanye abantu bagera ku 10 isenya namazu atabarika.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.