Infungwa umunani bahasize ubuzima muri Gereza nkuru ya Bukavu.
Yansitswe na Bruce Bahanda, none tariki 24.03.2023, nasaa 8:10Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Nikuruyu wagatanu tariki 24.03.2023, abacunga Gereza ya Bukavu ho muntara ya Kivu yamajyepho mugihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo (RDC), batanze amakuru ko hongeye gupfa izindi nfungwa.
Aba umunani( 8), nkuko amakuru agera kuri Minembwe Capital News, abivuga byavuzweko bamaze gupfa mubyumweru bibiri gusa kubitangaza bisa nibyari bitarakunda. Ikitaramenyekana nubwoko abapfuye bavukamo.
Mumakuru ataremezwa neza bivugwa ko bishwe ninzara ariko abacunga Gereza bo bavuze ko bari mukwicwa nindwara.
Amagereza menshi muriki gihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo, Iki kibazo gikunze kwibonekeza ndetse no muri Kinshasa aho umwaka ushize wa 2022 havuzwe amakuru yinfungwa zibiri zaguye muri Gereza ya Makara bikavugwa ko bari bishwe ninzara.
Kukibazo kijanye n’Infungwa abenegihugu bo mubwoko bw’Abanyamulenge, bakomeje kwereka leta ya Kinshasa ko abantu babo benshi bafunzwe harimo abafungiwe amasura cangwa ururimi bakoresha rwenda gusa nururimi rw’Ikinyarwanda gusa leta igakomeza kuvunira ibiti mumatwi. Iki kibazo kikaba kimaze igihe kingana nimyaka irenga irindwi cane muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo (RDC).
It is a pety for a man to be opened as he was created to the extent that he lacks any level of advocacy?
The nation’s did help.
The transgressors of the Mulenge were removed because they did nothing.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
It is a pety for a man to be opened as he was created to the extent that he lacks any level of advocacy?
The nation’s did help.
The transgressors of the Mulenge were removed because they did nothing.