Govenor w’Intara ya Kivu Yaruguru Lt Gen Constant Ndima, yasubijwe inshingano ze zo kuyobora ibikorwa bya gisirikare muri iyi ntara nyuma y’igihe kitari gito azambuwe.
None Tariki 16.03.2023 ahagana saa tanu( 11: 30”) nibwo ayamakuru twayakiriye kuri Minembwe Capital News.
Nikuri uyu wa Gatatu tariki ya 15.03.2023 nibwo bwana Lt Gen Ndima yongeye gusubizwa Inshingano zokuyobora ibikorwa bya Gisirikare muri Kivu Yaruguru, abihabwa n’Umukuru w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), Lt Gen Christian Tshiwewe Songesa.
Nkuko bivuzwe byavuzweko Tshiwewe ko ariwe wamusabye gutanga ibyo afite byose mu bushobozi bwe yabivuze agize ati : “kugira ngo turusheho gukomeza kugirirwa icyizere n’inzego zirihejuru mugihugu.”
Gen Ndima yari yarambuwe inshingano zo kuyobora ibikorwa bya gisirikare muri Kivu Yaruguru mu mwaka tuvuyemo wa 2022, ku mpamvu byari byiswe ko azambuwe kubwinyungu z’igihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo.
Gusubizwa inshingano zo kuyobora ibikorwa by’igisirikare ca Republika iharanira democrasi ya Congo ( FARDC), muntara ya Kivu Yaruguru bivuze ko Lt Gen Constant Ndima ari we ugomba gutanga amabwiriza yose arebana n’Igisirikare cya leta ya Kinshasa, hakaba harimo no guhangana numutwe wa M23 ukigenzura ibice byinshi by’iriya ntara.
Ibi bibaye kandi ingabo za M23 ziyemeje kunvira imyanzuro yabakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC zikaba zirikubahiriza kuva mubice bari barigaruriye.
Iyi myanzuro yafashwe Tariki 17.02.2023, igihe abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC bahuriye i Addis-Ababa muri Ethiopie harimo kandi n’a President João Lourenço umuhuza w’Amahoro muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, akaba yarashinzwe ho numuryango wa AFrica Yunze Ubumwe (AU).
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.