Ingabo za Republika y’Uburundi bari mubutumwa bwa Mahoro muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, batangiye kugenzura ibice umutwe wa M23 bavuyemo biri muri Teritware ya Masisi.
None Tariki 16.03.2023. Ayamakuru Minembwe Capital News, tuyakesha Itangazo ryasohowe nibiro bikuru by’ingabo za EACRF i Goma ho muntara ya Kivu Yaruguru .
Ibiro bikuru by’ingabo zumuryango wa Africa y’iburasirazuba (EACRF), bashize hanze itangazo aharejo kumugoroba tariki 15.03.2023, rivuga ko ingabo z’igihugu c’Uburundi ziri mubutumwa bwa EAC muri Republika iharanira democrasi ya Congo, zatangiye kugenzura ibice byinshi umutwe wa M23 bari barambuye abasirikare ba leta ya Kinshasa (FARDC) muri Teritware ya Masisi.
Ibyo bice akaba ari: “Busagara, Kingi, Kabati na Kirorirwe harimo nigice ca Sake.”
Ibi bice batangiye kubigenzura nyuma yuko bwana Major Gen Jeffe Nyagah, akoze urugendo (ziara) rwakazi muri Teritware ya Masisi nimugihe yashaka ga kumenya uko umutekano uhagaze nkuko tubikesha itangaza makuru rya Radio Okapi. Gen Jeff Nyagah ninawe muyobozi uyoboye ingabo zose ziri mubutumwa bwa Mahoro muri Kivu yamajyaruguru, muburyo bwa EAC.
Mwitangazo rya EACRF rigira riti : “Mbere yuko ingabo z’Uburundi ziri muri EACRF zija mubice M23 yagenzuraga habanjye koherezwa itsinda riyobowe na Komanda wa EACRF, habaho kugenzura uko umutekano uhagaze nyuma nibwo Abasirikare bab’Arundi bari muri uyu muryango bahise boherezwa mubice bigera kuri bine(4) biri muri Teritware ya Masisi.” Aribyo twavuze haruguru.
Ibi biro bya EACRF byakomeje bivuga ko kuva kwa M23 mubice bagenzura biri mumasezerano yabakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC harimo numuhuza Président João Lourenço, washizweho na Africa Yunze ubumwe (AU) ubwo bari bahuriye i Addis-Ababa muri Ethiopie tariki 17.02.2023.
Bikaba byitezweko uyu mutwe wa M23 ukomeza kurekura ibice wari warigaruriye ukaba werekeje ahateganijwe ko uba ucumbitse muri Sabyinyo maze Nyuma ugakorana na leta ya Kinshasa ibiganiro byamahoro, nkuko biri mumyanzuro yabakuru b’ibihugu bigize umuryango wa EAC.
Intambara ibera muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, ihuza umutwe wa M23 nihuriro rya Fardc, FDLR, Maimai Nyatura na Bacancuro babazungu bavuye muri Buligariya na Romania ndetse nomub’Urusiya imaze igihe kingana numwaka urengaho iminsi hejuru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Uburundi bwamenye ukuri