Ministre w’Ubanye namahanga wa leta ya Kinshasa bwana Christophe Lutundula, yabwiye itangaza makuru ko ingabo z’igihugu ce zihanganye nibihugu bibiri ati ndetse numutwe w’itera bwoba.
Aya namakuru Minembwe Capital News ikesha Radio Okapi, Lutundula mukiganiro yakoranye na Radio zitandukanye harimo na Radio RTNC i Kinshasa ubwo yarikumwe namugenzi we Patrick Muyaya hari kumugoroba wo kuwambere tariki 13.03.2023.
Gusa dusanga Ministre Christophe Lutundula, yaririnze kuvuga amazina yibyo bihugu bibiri avuga ko bihanganye nigisirikare ce ca FARDC.
Ubwo itsinda ryabagize akanama gashinzwe umutekano kw’Isi kari koherejwe numuryango wa bibumbye muri Congo Kinshasa, tariki 09-10-11.12.03.2023, uwaruyoboye iritsinda yasize abwiye ubuyobozi bwa leta ya Republika iharanira democrasi ya Congo ko igihe barimo bitakiringombwa ko Kinshasa itunga agatoki Kigali.
Christophe Lutundula, yatangaje ibi iryotsinda rikiri kubutaka bw’aCongo, ikindi nuko leta ya Félix Antoine Tshisekedi, igize igihe ishinja Kigali gufasha umutwe wa M23 ndetse iyi leta ya Kinshasa ivugamo nigihugu ca Republika ya Uganda.
Leta ya Kigali nayo ihakanira ibi Kure ikanasaba ko ibibazo bihanze Igihugu ca Republika iharanira democrasi ya Congo bitagombye gutuma Kigali iba urwitwazo mugihe banyiribibazo bananiwe kubyikemurira.
Amahanga nayo asaba leta ya Kinshasa kwicarana n’umutwe wa M23, ibyo Ubutegetsi bwa Republika iharanira democrasi ya Congo badakozwa ndetse bagaragaza ko badashaka kunva umuntu uzana iryojambo.
Kubera imirimo yurudaca muburasirazuba bw’Ikigihugu ca Congo, Impunzi zikomeje kuba ninshi. Umuryango mpuzamahanga wa Croix-Rouge, watangaje ko mumezi ane(4) ashize, abantu ibihumbi 91160, batakigira amazu muri Kivu Yaruguru ndetse nimfashanyo yabo ikaba ikiri kibazo gikomeye kuribo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Minembwe Capital New imbere kumakuru yizewe
Welcome bro.