Abasirikare ba leta ya Bujumbura, bagize igihe mumisozi miremire y’Imulenge ho muri Bijombo bageze Mururambo barangije bakambika mumihana itatu: Igahororo, Mugono no kwa Birindiro.
Muntangiriro zukwezi kwa gatandatu umwaka wa 2022, nibwo ingabo z’Abarundi zigizwe nabatayo imwe zoherejwe muri Republika iharanira democrasi ya Congo, muri Kivu yamajyepho. Aba basirikare bavanzwe nabasirikare ba Fardc mubice bya Territory ya Uvira. Gusa baje kwivangura nimugihe Ingabo za FDNB zazamutse imisozi ya Gahororo aho zagiye kurwanya inyeshamba z’Abarundi zibarizwa kubutaka bwa Congo zomumutwe wa FNL uyobowe na General Aloys Nzabampema. Iyintambara ntiyigeze yorohera ingabo za FDNB.
Nyuma yokugaba ibitero bikomeye kunyeshamba ziyobowe na Gen Aloys Nzabampema, bikarangira bidatanze umusaruro uhagije kuko Nzabampema n’Ingabo ze baracari mumashamba bahozemo, ingabo za Barundi zaje koherezwa mubice by’Indondo ya Bijombo na Minembwe, icogihe hakomeje gucicibikana amakuru avuga ko bagiye kurwanya abaturage Babanyamulenge bibumbiye muri Twirwaneho, ariko ntantamabara bashoye kubanyamulenge nkuko byavugwaga mumakuru yavuzwe icogihe ahagana mukwezi Kwa 12 zumwaka wa 2022.
Mumakaru Minembwe Capital News, yabashe guhabwa Muriki gitondo canone kuminsi irindwi (7), ukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023, nuko Izingabo za FDNB zavuye mubice by’Indondo ya Bijombo zija muri Rurambo iri muri Territory ya Uvira ho muri Kivu yamajyepho zikambika mumihana nanone isanzwemo abaturage b’Irwanaho.
Umuturage waganiriye na Minembwe Capital News, yagize ati akoresheje inyandiko: “Abarundi, baje barikumwe nabayoboke ba Gumino. Abari mugitoga nabari Masango bakambitse Igahororo naho abandi bagiye kuri Mugono abandi kwa Birindiro.”
Nkuko Minembwe Capital News, yahawe ayamakuru ntakizwi kirambuye kucaba cazanye ingabo z’Abarundi murutu duce dusanzwemo abaturage birwanaho ariko bamwe bavuga ko boba boherejwe kurwanya inyeshamba z’Abarundi zomumutwe wa FNL. Harandi makuru avuga ko boba berekeje i Goma ahari izindi ngabo za b’Arundi mubutumwa bwa EAC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.