Menya Major Claudine Nyirabatunzi, umukobwa wabiciye biracika muri Eastern ya Congo, Mubice byitwa Masisi na Rutshuru dore ko yahereye mubice bya Minembwe, nka Kamombo na Nyamara, ubwo yarimo arwanya Maimai yendaga kumaraho ubwoko avukamo bwa Banyamulenge.
Uyu mukobwa wanze agasuzugiro ahitamo kwambarira urugamba kugira ngo yigobotore leta z’ikorara amabi ubwoko bwe Tutsi Kandi Tutsi muri Congo bisa nki gitutsi, kuri Maimai, FARDC na FDLR, nimugihe hamaze kwicwa benshi bazira ko ari Tutsi. Ubu bwicanyi bwahereye kera mumwaka wa 1960 kugeza uyumunsi.
Nkuko twabivuze haruguru, uyu mukobwa ugeze kwipete rya Major , ari mubatabaye Abanyamulenge mbere ava mugihugu c’Uburundi, nigihe Abanyamulenge (Tutsi) bari bugarijwe nibitero bya Maimai Bishambuke, muri MIBUNDA, BIBOGOBOGO na RURAMBO, ibi bitero byari bigamije kwangaza Abanyamulenge no gusenya Gakondo yabo, Claudine afata iyambere, atabara Abanyamulenge mumwaka wa 2018.
Major Claudine Nyirabatunzi, yarwanye intambara muri Mibunda, Ngoma, Nyamara ndetse no Muri Minembwe, nyuma yaje kurwara aja kwivuza mugihigu ca Uganda mumwaka wa 2021, amaze gukira yanze kwicara ngo apagase nkabandi.
Kuri none ari mungabo zihetse isezerano muri Masisi, ubwo yaganiraga na Minembwe Capital News, yayibwiye ko “Igihe cose nunva benewacu bari kwicwa ntamahoro nunva nfite, nimurubwo buryo ninsanze muri Masisi”.
Major Claudine Nyirabatunzi, ari mukigero c’imyaka 33 na 35 yamavuko, yize amashuri yisumbuye ndetse aza nogukomeza University afata Diploma ya License (Masters), mugisata ca Mategeko, akaba yarigiye Iburundi.
Major Claudine Nyirabatunzi, tumwifurije akazi keza kugeza ageze kuco aharanira.
We congratulate:
(1)MJ Claudine Nyirabakunda for her courageous of fighting to her ethnic
(2)Students of UEMI who unless the insecurity of Minembwe still continue with their studies
(3)Mbonye for that award he got by the end of the last year 2022.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Ibyiza bitangwa nuwiteka Imana yaba sogokuruza banyu Imana yaremye isinijuru izabahe umunezero mugihugu cyanyu
Ibihe byose Imana izajye ibananamwe muribyose
We congratulate:
(1)MJ Claudine Nyirabakunda for her courageous of fighting to her ethnic
(2)Students of UEMI who unless the insecurity of Minembwe still continue with their studies
(3)Mbonye for that award he got by the end of the last year 2022.
To all you,let me tell you to step forward.