President wa Congo Kinshasa, yavuze ko imiryango mpuzamahanga yakomeje kurebera bityo ko imiryango igera kuri Miliyoni 10 ifite ubuzima bubi, abagore batwite ,bafashwe ku ngufu bakanakuramo inda.
Uku kurega URwanda kuri Papa, bibaye mu masaha mace asabye akanama ka Loni gashinzwe umutekano ku Isi, gufatira ibihano URwanda n’abayobozi b’umutwe wa M23.
President Felix Tshisekedi yongeraho ko Congo ishyize imbere amasezerano ya Nairobi na Luanda kandi ko afitiye ikizere abahuza bashyizweho.
U Rwanda ruvuga ko nta mugambi cangwa inyungu rufite mu kwivanga mu bibera muri Congo.
Leta ya Kigali na leta ya RDCongo kuri ubu burarebana ay’ingwe nyuma yaho umutwe wa M23 wubuye imirwano, Congo igashinja uRwanda kuwushyigikira, ariko ibi abaturiye Eastern ya Congo barabihakana bavuga ko leta y’Ikinshasa ifite izindi nyungu zoguharabika leta ya Kigali.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Murano Minembwe capital Newes ndibaza ikibazo ngo buriya kisekedi nawe aziko amahanga arebera muriziriya ntambara yabanje agakemura ibyo afitiye ububasha agahagarika ziriya ntambara zirikubera muminembwe