U Bushinwa bwagize icyo buvuga ku bantu babo bashimuswe n’ingabo za RDC.
Igihugu cy’u Bushinwa binyuze kuri ambasade yayo iri i Kinshasa ku murwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya demokorasi ya Congo, yamenyesheje minisiteri y’ubanye n’amahanga y’iki Gihugu cya RDC ko abasirikare ba FARDC bayowe na Col John Kibangu bashimuse abashinwa batatu mu ntara ya Lualaba.
Iyi ambasade y’u Bushinwa i Kinshasa mu kumenyesha minisiteri y’ubanye n’amahanga ya RDC ko abashinwa batatu bashimuswe, yakoresheje inyandiko, igaragaza ko aba bashinwa bashimuswe kuva tariki ya 30/09/2024. Ivuga ko bashimuswe ubwo bari mu kirombe giherereye mu gace ka Kolwezi, ho mu ntara ya Lualaba.
Abashimuswe barimo umuyobozi wa sosiyete Good Time Steel Congo Investment SARL ikorera ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro muri Kolwezi Wang Xianglong.
Iyi ambasade yasobanuye ko ubwo aba bashinwa bashimutwaga, bashinjwaga kubika amasasu mu buryo bunyuranyije n’amategeko, kandi nta kimenyetso na kimwe kibigaragaza, ubu aba basirikare bakaba bari gusaba ibihumbi 1,000 by’amadolari y’Amerika kugira ngo babarekure.
Ambasade yagize iti: “Aba basirikare bataye muri yombi aba Bashinwa batatu, basaba iyi sosiyete kwishyura amadorali 100.000 kugira ngo barekurwe. Ubu hashize icyumweru iyi sosiyete itagishobora kuvugana n’aba bantu.”
Muri izo nyandiko kandi za ambasade y’u Bushinwa zamaganye ishimutwa ry’abantu babo, isobanura ko rinyuranyije n’amategeko n’uburenganzira bw’abanegihugu. Yanasabye Guverinoma ya Kinshasa gukurikirana iki kibazo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.