Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi yagize icyavuga nyuma y’uko habaye impanuka y’ubwato yahitanye abantu benshi muri iki gihugu cya RDC.
Ni bikubiye mu butumwa ibiro bya perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi Tshilombo byashize hanze bikoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wa Gatatu w’ejo hashize.
Ubwato bwakoze impanuka bwarohamye mu mugezi uzwi nka kwa, uherereye mu Birometre 70 uvuye mu mujyi wa Mushie ho mu Ntara ya Maï-Ndombe, mu majyepfo y’u mujyi wa Kinshasa.
Ubwo butumwa bwasohowe n’ibiro bya perezida wa RDC, buvuga ko Tshisekedi yababajwe n’impanuka y’ubu bwato yahitanye abantu barenga 85.
Ubutumwa bugira buti: “Umukuru w’igihugu yihanganishije imiryango ndetse n’inshuti z’aburiye ababo mu mpanuka. Kandi arasaba inzego zishinzwe gufata ingamba ko zikwiye gufasha aba bantu bose bagizweho ingaruka n’aka kaga.”
Ubutumwa bukomeza buvuga kandi buti: “Perezida Félix Tshisekedi yategetse ko hakorwa iperereza rigamije kumenya impamvu nyayo zateye aka kaga gakomeye kandi kababaje ndetse no kwirinda ko ibi byazongera kuba ukundi.”
Ubu bwato bwakoze impanuka bwarimo abagenzi 271 berekezaga i Kinshasa, aho bwaje kurohama bitewe no kuba moteri yabwo yapfuye buri kugenda.
Abantu 86 mu bari muri ubu bwato, bahise bahasiga ubuzima, mu gihe abandi 185 babashije kogo ba basha ku rokoka.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.