Mu gihe ingaruka zo gufunga imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi, zageze no ku bacuruzi ba Banye-kengo, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Theo Kasi, yasezeranije Abaturage baturiye i Ntara abereye umuyobozi ko agiye kubitorera umuti.
Abanye-kongo bakoreshaga umupaka wa Ruhwa uhuza u Burundi n’u Rwanda bava muri Uvira na Bukavu, kuva leta y’u Burundi ifunze imipaka ihuza ibihugu byombi barahangayitse bidasubirwaho.
Guverinoma y’u Burundi yafunze imipaka yose itariki ya 11/01/2024, nyuma y’uko iki gihugu gishinje u Rwanda gushigikira inyeshamba za Red Tabara no kuziha icyumbi. Ibi u Rwanda rwa biteye utwatsi.
Ku wa Mbere, Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yabigarutseho asezeranya Abaturage be ko vuba agiye kubishakira igisubizo kirambye mu maguru mashya.
Yashimangiye avuga ati: “Igisubizo cyorohereza urujya n’uruza rw’Abaturage banyuze mu Rwanda bajya Uvira cyangwa bagana i Bujumbura.”
Kuri uy’u wa Mbere, itariki ya 15/01/2024, umupaka wa Kamvimvira hagaragaye imidoka zibarirwa mu magana zari zitwaye abagenzi ba Banyekongo bari bavuye i Bujumbura bagana i Bukavu. Abandi n’abo bavaga i Bukavu bagana i Bujumbura.
Gusa abenshi mu bagenzi bavuga ko batishimye aho ndetse n’ishirahamwe ridaharanira inyungu muri Uvira rya shimangiye ko uku gufunga umupaka wa Ruhwa n’indi bizagira ingaruka kuri bo kuko harigihe basanga umupaka wa Kamanyola wafunze Sacenda, bakanyura kuri Ruhwa.
Abashoferi benshi nabo bishirahamwe rya Mapasa ritwara abagenzi muri RDC bavuye i Bujumbura bemeza ko bo bakoreshaga cyane umuhanda wa Ruhwa.
Abacuruzi bo bakoreshaga umupaka wa Ruhwa banavuze ko gufunga uwo mupaka byatumye igiciro kizamuka kuko kuva Bujumbura ujya Bukavu unyuze muri Uvira, ari 60.000 fbu mugihe byari 35.000 fbu.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.