Guverinoma ya Bujumbura, kuri uy’u wa Kane, tariki ya 11/01/2024, yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka yose ihuza u Rwanda n’u Burundi.
Ni icyemezo cyafashwe n’Abategetsi ba leta y’u Burundi, nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibinyamakuru by’u Burundi.
N’ubwo iy’inkuru yakomeje gusakara ku binyamakuru byinshi by’u Burundi, ariko kugeza ubu nta tangazo leta ya perezida Evariste Ndayishimiye,irashira hanze rimenyesha ko imipaka ihuza u Rwanda n’icyo gihugu ko yafunzwe.
Ikinyamakuru cya Sos Burundi kiri mu batangaje ay’amakuru cyavuze ko minisitiri w’u banye n’amahanga w’u Burundi, Matin Niteretse, ko ariwe watangaje ko imipaka yafunzwe ihuza u Rwanda n’u Burundi, iy’inkuru ikomeza ivuga ko abanyakayanza bahise ba bimenyeshwa.
Sos Media Burundi, yakomeje ivuga ko hari abagenzi bari bageze ku mupaka biganjyemo abanyekongo n’Abanyarwanda ba bura inzira.
Ati: “Aba barirwa muri mirongo, barimo Abarundi n’Abanyekongo, bari bavuye mu Isoko ya Bugarama mu Rwanda kuri ubu babuze aho baca bahagarariye mugace kazone neutre.”
Mu mpera z’u mwaka w’2023, perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, ibi yabiciyeho amarenga avuga ko leta y’u Rwanda, ifasha umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwe, avuga ko leta ye, igiye gufata ingamba zihuse.
Gusa leta ya Kigali, yahakanye ibirego barezwe na Perezida Evariste Ndayishimiye, ndetse muri icyo gihe u Rwanda ruvuga ko bamwe mu barwanyi ba Red Tabara, bigeze gufatirwa mu Rwanda bahita boherezwa i Burundi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.