Moïse Katumbi Chapwe, utemera ibya vuye mu matora aheruka kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yatangarije Abaturage ba RDC, ko umwijima ugira igihe cyawo bityo rero ko no muri Congo uzashira.
N’ibyo yatangaje nyuma y’uko tariki ya 08/01/2024, Urukiko rurengera itegeko Nshinga muri RDC, rwa tangaje ko Félix Tshisekedi, yatsinze amatora yo kw’itariki ya 20/12/2023. Mu mpera z’u kwezi kwa 12, CENI, yatangaje ko Tshisekedi yatsindanye amajwi angana na 73, 47%, aho Moïse Katumbi, yaje ku mwanya wa kabiri n’amajwi 18%.
Abatemera ibya vuye mu matora harimo na Moïse Katumbi, banenze komisiyo y’igenga ishinzwe gutegura Amatora ndetse bayishinja gukora iby’uburiganya, ba bitegetswe n’ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi.
Moïse Katumbi, ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wo k’uwa Gatatu, tariki ya 10/01/2024, yakoresheje urubuga rwe, rwa X, maze agira ati: “N’ibyiza ko abaturage bo mu Gihugu cyacu, ba menya ko umwijima utazahora mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo. Haricyo mutazi hari mbaraga z’umwijima ziri muri iki Gihugu kandi zishimira mu mayeri zikoresha, ariko mba mbwire benewacu ntimwihebe, kuko abakoresha uwo mwijima bazi neza ko hari uzabarwanya akabatsinda.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.