Umutwe wa M23 wongeye gushinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba bwa koresheje drone z’intambara zirasa ibisasu mu baturage ahitwa Nyongera, muri Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Nk’uko bya vuzwe n’uko biriya bisasu byarashwe ahagana isaha z’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, rishira kuri uyu wo ku Cyumweru,tariki ya 07/01/2024, birashwe n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa; n’ibisasu byasize bihitanye abasivile harimo n’umukecuru uri mukigero cy’imyaka 60 y’amavuko.
Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Ubutegetsi bwa Kinshasa, bakoresheje za drone z’intambara, barasa ibisasu mu baturage, abasivile bamwe bapfuye abandi bakomeretse.”
Yakomeje agira ati: “Congo yadusanze aho turi rero ntabwo tuzahava. Gusa ubutegetsi bwa Kinshasa, n’ibwo butuyoboje umutima wo kw’ica, ni abagenosideri, batuyoboje umutima mubi wa macakubiri; ibi ntabwo AFC, izakomeza kubyihanganira; iraje ishireho iherezo ubutegetsi bwayo.”
Nyuma y’uko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, zirashe ibisasu bikica abaturage mu gace ka Nyongera, ikinyamakuru cyitwa “Veritasinfor,” cyatangaje ko leta ya Kinshasa irihafi kugaba ibitero ku birindiro by’Ingabo z’u Rwanda(RDF), biherereye i Rubavu, mu m’Ajyepfo y’i Gihugu c’u Rwanda.
Ibi bikaba bisa nibyo Perezida Félix Tshisekedi, akunze kuvuga ko azarasa i Kigali y’icaye i Goma k’u murwa mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.