Ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zirashinjwa kwica abasivile batatu, muri Grupema ya Bukombe, teritware ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Nk’uko bya vuzwe bariya basivile, imirambo yabo kwari itatu, yabonetse k’u wa Gatatu, tariki 03/01/2023, ikaba yaratoraguwe mu gace ka Mashiga, muri Grupema ya Bukombo.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze guhabwa n’abamwe mu baturage baturiye ibyo bice, bahamya ko iriya mirambo ariy’abantu bari babanjye gushimutwa na Wazalendo, FDLR na FARDC, nyuma baza gusanga aho biciwe.
Ay’amakuru yanemejwe na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, akoresheje urubuga rwa X, yagize ati: “Ku nanirwa kw’ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, bahisemo ibikorwa byo guhungabanya umutekano barangiza bagakora propaganda z’ibinyoma. Abasanzwe bapfuye bari bashimutiwe i Bukombo, bashimuswe n’ihuriro ry’abarwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa.”
K’u mbuga nkoranya mbaga, Abanyamakuru bakorera mu kwaha k’ubutegetsi bwa Kinshasa, bakomeje gutangaza ko iriya mirambo y’iciwe mu bice bigenzurwa n’Ingabo za M23.
Bwana Justin, uherereye i Bukombo, ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “Bigaragara ko iriya mirambo yazanwe i Bukombo, ariko urebye aho yarirambitse siho y’iciwe.”
Yakomeje agira ati: “Nta gushidikanya bishwe n’Ingabo z’irwanirira Guverinoma ya Kinshasa, barangije baza guta imirambo hano mu bice byo muri Bukombo.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Abo bantu nibwo ki?
Nimba ari abatutsi ntagushidikanya niryo huriro.
Uretse ko amaraso yabuzuye mubiganza nabene wabo barabica