Inzu ya Corneille Nangaa, nayo yaraye isatswe n’itsinda ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, ninyuma y’uko bari babanjye kuzenguruka i Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa, nayo ir’i Kinshasa.
N’ibyabaye ahagana isaha z’asaa ine(10:30 pm), ku masaha ya Kinshasa. Nk’uko biri n’uko rugikubita abasirikare benshi ba barirwa muri 50 cyangwa barenga bazengurutse Hotel Castello y’u mudamu wa Corneille Nangaa, abandi binjira imbere bagezemo basaba abakozi ba yikoramo gukora ibyabo vuba nabo bakaza gukora ibyabazanye.
Bagize bati: “Mutubangukire murangize ibyanyu natwe turi buze gukora ibyatuzanye.”
Nyuma yaho, ahagana isaha za saa tanu, z’ijoro irindi tsinda ry’Abasirikare ba bakomanda benshi berekeje ahari inzu ya Corneille Nangaa, ifite nimero 36, ikaba iherereye muri Komine ya Gombe, k’u murwa mukuru w’igihugu ca RDC, Kinshasa.
Amakuru dukesha ba mwe mu bakora munzego z’umutekano i Kinshasa, bahamirije Minembwe Capital News, ko icyari kigenderewe ko kwari ugukora umusako, ku bikorwa bya Corneille Nangaa, wahoze akuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Kuri ubu Corneille Nangaa, ari hanze y’igihugu aho amaze no gushinga umutwe wa politike ugamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.
N’umutwe wa politike ufite n’Igisirikare, ariwo nyiribayazana wo gusaka ibikorwa bye biherereye i Kinshasa. Kugeza ubu ibyoba byononwe mur’iryo saka ntibirabasha kumenyekana.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.