Amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, asize byinshi birimo na kaga ka shikiye umugore, w’umwe mu bakandida biyamamariza k’umwanya w’u bu depite, Mugisho Jean Paul Bashombana Manassé, waraye akubise byo gupfa umugore we, muri irijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Kabiri, tariki 26/12/2023, aho bapfaga kuba Jean Paul Bashombana, yaragurishije inzu n’isambu, kugira yishure amadeni y’afashe ubwo yi yamazaga k’umwanya w’u budepite.
Bya vuzwe ko, Jean Paul Bashombana Manassé, ni umukandida k’umwanya w’u budepite, k’urwego rw’i Gihugu, nimero ye, ni 16. Bashombana Manassé n’umudamu we, n’imvukire zo muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko uriya mukandida, y’ibasiriye umugore we, k’umpamvu yamubajije, icyatumye agurisha inzu, n’inyuma y’uko Jean Paul, yaramaze kubona ko yatsinzwe Amatora n’ubwo Amatora ataragera k’umwanya wa nyuma.
Ibi bya tumye haba gusubiranamo hagati y’ umugore n’umugabo bara rwana, umugabo akubita umugore we, byo gupfa! N’imivurungano bya vuzwe ko yatumye abantu batabara barakubita baruzura ku rugo, rwa Jean Paul Bashombana Manassé.
Ibi bikaba byagaragaye ubwo Jean Paul Bashombana n’umudamu we, b’itabaga Urukiko, ruherereye muri teritware ya Kabare, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kuko Urukiko rwahise ruhamagaza abantu bakabakaba 5o, babaye muriyo mivurungano.
Bwana Sethi Kalodja, uturiye ibyo bice ya bwiye Minembwe Capital News, ati: “Rwose kandida, k’umwanya w’u budepite, nimero 16, afite ikibazo gikomeye. Twaje kumenya neza ko yabuze nicyo ariha abagiye ba mufasha kw’iyamamaza. Iki n’ikibazo cyatumye agurusha inzu ariko na none amadeni aracyayafite. Jean Paul Bashombana Manassé, kugeza ubu yabuze icyo yishura abamufashije kw’iyamamaza.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Iyo hakubitwa ka gatwa kitwa Bitakwira