Ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, bwa nomye aba General ba biri mu Gisirikare cy’i gihugu kuba aribo bagenzura Umutekano w’amatora.
Ni Major General Frank Ntumba, wari usanzwe akuriye ingabo zirinda ingoro y’umukuru w’igihugu, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo na Major Gen Christian Ndaywel, nawe wari usanzwe akuriye ishamyi ry’ubutasi mu Gisirikare cya RDC.
Aba basirikare bakuru akaba aribo bahawe guhagararira ibikorwa byose bijanye n’umutekano w’amatora, yatangiye kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023. Amatora bivugwa ko azamara iminsi itatu n’ubwo abatavuga rumwe n’ubutegetsi ba komeje kubinenga.
Harandi makuru avugako gutangaza uzaba watsinze amatora bishobora kuzaba tariki 30/12/2023. Kimweho umwe mu barwanya ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi, uwahoze akuriye ingabo za RDC, Gen John Numbi, ku mugoroba wo k’uwa Gatatu, tariki 20/12/2023, yanditse akoresheje Urubuga rwa X, atangaza ko amasaha ari bukurikireho araba arayamahano kuri Tshisekedi ushaka Manda ya Kabiri.
Yagize ati: “Isaha zikurikiraho ziraba ari amahano kuri Fashi n’inshuti ze.”
Tubibutsa ko Corneille Nangaa, wahoze akuriye komisiyo ishinzwe gutegura amatora( CENI ), muri RDC, mu matora yo mu mwaka w’ 2018, nawe yatangaje ko i shyaka rye rya AFC, ko ryahaye umunsi ntarengwa woku wa Kane, tariki 21/12/2023, perezida Félix Tshisekedi, kuva k’ubutegetsi bitaba ibyo Tshisekedi inzira ikazamubana ngufi.
Yagize ati: “Turamubwira ko igihe cyamushiranye nagende inzira zikigendwa. Turizeza abanyekongo ko tariki 21/12/2023, ubutegetsi bubi buba bwamaze kuzinga utwabo.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Reka turebe ibikurikira kubijanye na matora muri DRC.