Uburyo abasirikare ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, bagiye batumwa muri Kivu Yaruguru, byamaze kumenyekana, ni m’urwego rwo kugira bahashe umutwe wa M23.
Iy’i gahunda yafashwe nyuma y’Ijambo rya Perezida Félix Tshisekedi, igihe yerekezaga mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo na Kivu y’Amajyaruguru, muri Gahunda yo kwiyamamaza k’u mwanya w’umukuru w’igihugu, mu Cyumweru gishize, ubwo yageraga i Bukavu, Uvira na Makobola ndetse n’i Goma , mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, yasezeranyije abaturage ko agiye kurangiza intambara.
Nk’uko perezida Félix Tshisekedi, yabivuze yavuze ko agiye kurangiza umutwe wa M23, mugihe cy’Iminsi yise ko “arimike.”
Yagize ati: “Mbasezeranye kubaha Amahoro, intambara iri mu Burasirazuba bw’iki gihugu nzayirangiza mu minsi itatu. Umutwe wa M23 ngiye kuwumaraho icyo mbasaba mungirire icyizere muzantore mu matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.”
Nyuma y’iri jambo, Ingabo zo muri Brigade ya 31, yabaga i Beni bahise bategekekwa kuva Beni na Butembo,bakaja mu bice birimo intambara ihanganishije M23 n’ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa. Regima ziyi brigade, zibiri iya 3204 niya 3203, imwe murizi, bya vuzwe ko izoherezwa Nyanzare, muri teritware ya Rutsuru, mugihe indi izoherezwa i Sake, muri teritware ya Masisi.
Andi makuru yizewe dukesha Isoko yacu,ahamya ko Ingabo zavanwe muri Kivu y’Amajy’epfo, zizaja i Minova na Goma.
Nk’uko twa bibwiwe n’uko abasirikare bari muri teritware ya Fizi, Uvira na Mwenga, bazajya basiga bake abandi boherezwe guhangana n’u mutwe wa M23, nka Rejima yari mu Bibogobogo, homuri teritware ya Fizi, bazahasiga bake abandi boherezwe Mboko, abari Mboko baje Kabunambo , abari Kabunambo nibo bazoherezwa Minova.
Mu gihe abagiye bavanwa mu bice bya teritware ya Uvira, bo bazoherezwa i Goma, nka bavanwe muri Grupema ya Bijombo, no mu Mujyi wa Uvira no mutundi duce twa teritware ya Uvira, bavanze n’Ingabo z’u Burundi abaribo boherezwa i Goma mu Mujyi.
K’umunsi w’ejo hashize, tariki 13/12/2023, umuvugizi w’igisirikare ca FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjiko Kaiko Guillaume, yahakaniye itangaza Makuru ko batari mubihe byo guhagarika imirwano, nimugihe bari bashinjwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka ko barenze ku masezerano yo guhagarika intambara mu gihe cya masaha 72, nk’uko byari byatangajwe na leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Lawrence Kanyuka, yari yamenyesheje akoresheje urubuga rwa X, avuga ko ziriya Ngabo za RDC zashinze ibirindiro mu maso yabo mu bice bya Kibumba, muri teritware ya Nyiragongo.
Kuba Guverinoma ya Kinshasa, ikomeje kohereza ingabo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bigaragara neza ko yamaze gutegura Urugamba rukaze rwo guhasha umutwe wa M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.