Perezida Félix Tshisekedi, umukandinda mu matora ateganijwe kuba muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kumunsi w’ejo hashize tariki 10/12/2023, yageze i Goma, muri Gahunda yo kw’iyamamariza k’umwanya w’u mukuru w’igihugu.
Byavuzwe ko Tshisekedi, yaherukaga i Goma, ahazwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, ahagana mu mwaka w’2021, icyogihe yari kumwe na Mugenzi we umukuru w’igihugu c’u Rwanda, Paul Kagame, aho banagiranye ikiganiro n’itangaza makuru icyogihe Abakuru b’ibihugu byombi bari bafitanye umubano mwiza.
Nk’uko biri i Goma, kandida k’umwanya w’umukuru w’igihugu, nimero ya 20, Félix Tshisekedi, yakiririwe kuri Stade ya Afia, iherereye mu Mujyi wa Goma.
Perezida Félix Tshisekedi, yasezeranije abanyegoma kuzabaha amahoro n’umutekano ngo mugihe gito kandi yongera kubaremera icyizere ko azagarura ibicye byafashwe na M23 ko ngera kubigarurira abaturage nk’uko yabyivugiye.
Yagize ati: “Nzabohoza ibicye byose bifitwe n’inyeshamba za M23. Bariya bakomeza guhungabanya u mutekano wa baturage nzabarwanya kandi nzabatsinda.”
Tshisekedi yongeye k’umvikana y’ikoma ubutegetsi bwa Kigali, aho yatunze agatoki mugenzi we w’u Rwanda, Paul Kagame.
Ati: “Umwanzi dufite ni utera inkunga Inyeshamba zo mu mutwe wa M23, uwo ubatera inkunga ni umukuru w’igihugu c’u Rwanda.”
Leta ya Kinshasa yokomeje kugenda y’umvikana ishinja Kigali gushigikira M23 ibyo Kigali yagiye itera utwatsi hubwo Kigali igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR urimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda mu mwaka w’1994.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.