Imirwano ikaze yongeye kwa duka mu nkengero za Komine Minembwe. N’imirwano byavuzwe ko u mutwe w’inyeshamba wa Maï Maï, ifatanije na Red Tabara ndetse na FDLR, ko bagabye ibitero bikomeye mu duce duherereye mo Abanyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi, Kivumu na Rumba, muri Grupema ya Basimunyaka y’Amajy’epfo, Secteur ya Lulenge, teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
Biriya bitero nk’uko iy’inkuru tuyikesha abaturiye ibyo bice, bahamirije Minembwe Capital News, ko byatangiye igihe c’isaha zurukerera ahagana isaha ya sakumi n’imwe(5:13Am), zo kuri uyu wa Gatanu, tariki 08/12/2023.
Umuturage Rushikama Fidele, yagize ati: “Ntabwo aribirya bisanzwe njye nitegeye aho intambara iri kubera, iy’intambara irakomeye, abagabye ibitero ni Maï Maï ya Kutumba , FDLR na Red Tabara. Bateye Kivumu na Rumba.”
Mu mpera z’u kwezi kwa Cumi numwe ( 11), Twirwaneho ya Colonel Sematama Charles yafashe matekwa umurwanyi wa Maï Maï, iyobowe na Gen Hamuri Yakutumba, uvuga ururimi rw’ikirundi, yafatiwe muri kariya gace ka Kirumba, igihe yarimo asambishwa yavuze ko baje aribenshi bava za Kilembwe na Misisi, ahamya ko ba kambitse Kijombo no mu bicye biherereye Gahwera.
Gusa hakaba harandi makuru avuga ko ziriya Maï Maï kozaba zishaka ku nyaga Inka zabo m’ubwoko bw’Abatutsi(Abanyamulenge), batuye mu nkengero za Komine Minembwe m’urwego rwo kugira izo nka bazazirye ku minsi mikuru y’ubunane na Noel.
Kugeza ubu ntacyo Sosiyete sivile ya Minembwe iravuga kuri iyi mirwano yongeye kwaduka mu nkengero za Minembwe.
Imirwano yaherukaga kandi muri ibi bice ahagana mu kwezi kwa Cumi (10) uyu mwaka w’2023, ubwo iriya Maï Maï yari kumwe na Red Tabara na FDLR bari bongeye kugaba ibitero mu baturage ba Banyamulenge, maze abaturage b’irwanaho b’irwanaho baza gusubizayo ibyo bitero, nk’uko byavuzwe muri icyo gihe. Kimweho hari andi makuru Minembwe Capital News, twahawe na bamwe mu baturage baturiye ibyo bice bahamya ko iriya Maï Maï na FDLR, bagabye biriya bitero k’u bufasha bw’ingabo za FARDC zikorera mu Minembwe muri brigade ya 12.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Imana itabare akarere uwo mwanzi atsindwe rwose