Minisitiri w’Ingabo muri RDC Jean Pierre Bembe Gombo, ubwo yarafite ikiganiro n’abaturage k’umunsi w’ejo hashize tariki 06/12/23, mu Mujyi wa Kinshasa. N’ikiganiro bivugwa ko cyabereye neza muri Quartier ya Masina, nk’uko byavuzwe cyari i kiganiro kigamije kwa mamaza u mukandida Félix Tshisekedi, ufite nimero ya 20.
Jean Pierre Bemba, ubwo yari muricyo kiganiro y’ibasiriye cyane Dr Denis Mukwege,
Yagize ati: “Dr Denis Mukwege, nta kwiye gutekereza ko i gihugu ari nkahantu ho kubagira abarwayi ngo kuko ntabitekerezo bya politike biri muri we!”
Yakomeje avuga ati: “Yego ndabizi ko Dr Mukwege, y’igeze guhabwa ibihembo n’umuryango w’Abibumbye, by’uko yita kuba damu ariko ibyo nti bivuze ko afite ibitekerezo bya politike ya yobora i gihugu. Rwose Dr Denis Mukwege natuze.”
Minisitiri Jean Pierre Bemba, kuri ubu akaba akomeje kwa mamaza perezida Félix Tshisekedi, no gu kangurira abantu ku tazagira undi mu kandida bumva hubwo ko bakwiye kumva Tshisekedi kandi bakaza mutora. Gusa mu kwa mamaza Tshisekedi akomeje kunenga abandi ba kandida bahatanira uriya mwanya w’umukuru w’igihugu mu matora ateganijwe kuba tariki 20/12/2023.
Mu gihe hari abahatira abaturage kuzatorera Tshisekedi Manda ya kabiri, ariko ubwo Tshisekedi yari agiye kwiyamamaza mu Ntara ya Haut-lomami byagaragaye ko yitabiriwe n’abantu bakeya bivugwako batari bageze abantu 50.
Jean Pierre Bemba Gombo, kandi y’umvikanye avuga nabi Moïse Katumbi, aho yavuze ko Salomon Kalonda w’igeze kuba umujanama wa Moïse Katumbi Chapwe, avugako igihe yafashwe arafungwa basanze azavugana n’inyeshamba za M23 bityo ko abakongomani batagomba gutora Moïse Katumbi chapwe ngo kuko nawe arumwanzi wa Congo.
Kuva igikorwa cyo kwiyamamaza cyatangira muri RDC abashigikiye Tshisekedi ndetse nawe ubwe ntibasiba kwibasira abo bahanganye aho ba bita aba kandida ba banyamahanga.
Tubibutse ko igikorwa cyo kw’iyamamaza muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kizarangira tariki 18/12/2023, nk’uko biteganwa n’itegeko shinga rya RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.