Ingabo z’u Burundi zongeye gukubita ziruzura muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Byavuzwe ko i santire (Centre), ya Nyangezi, muri teritware ya Walungu, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca RDC, ko hongeye kugera abasirikare b’u Burundi benshi ba barirwa mu bihumbi.
Nk’uko iy’i nkuru igera kuri Minembwe Capital News, ivuga ko bariya basirikare b’u Burundi ko bambutse ku wa Mbere, tariki 04/12/2023, kuri ubu bakaba bari muri Centre ya Nyangezi, berekeza i Goma.
Umwe mubari kubona bariya basirikare b’u Burundi, utashatse kwivuga izina, ku bw’u mutekano we, yagize ati: “Muri centre ya Nyangezi haraca uwambaye kubera aga centre kose kahindutse abasirikare b’u Burundi gusa. Bamwe muribo batubwiye ko bagiye kurwanya M23 mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.”
Ibi bi baye mugihe imirwano yongeye gukomera mur’iyi minsi itatu kuva ku Cyumweru, k’uwa Mbere nokuri uyu wa Kabiri. N’imirwano ikomeje kubera muri teritware ya Masisi, aho bivugwa ko ingabo z’u Burundi kozamaze kwinjira mu rugamba rweruye na M23. Ibi byanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya politike bwana Lawrence Kanyuka, aho yashimangiye abihamya ko FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo kobamaze kwifatanya n’Ingabo z’u Burundi, z’ibarizwa muri Kivu y’Amajyaruguru.
Gusa umuvugizi w’igisirikare c’u Burundi nyuma y’uko M23 itangaje ko ingabo z’u Burundi zinjiye mu mirwano, nabo uriya muvugizi w’igisirikare c’u Burundi nawe yarabihakanye anyomoza u mutwe wa M23.
Ati: “Ibyo u mutwe wa M23 uvuga ko twinjiye mu mirwano n’ibinyoma byambaye ubusa. Twebwe ingabo zacu zagumye aho zatumwe.”
N’ubwo biruko abasirikare benshi b’u Burundi bakomeje gupfira muri teritware ya Masisi, muntambara bahanganyemo n’uriya mutwe wa M23. Amakuru yatangajwe n’ibinyamaku by’u Burundi muriki Gitondo co kuri uyu wa Gatatu, tariki 06/12/2023, bavuze ko hamenyekanye ko “abasirikare b’u Burundi ba barirwa 25 ko bapfuye abandi barakomereka ndetse n’abandi benshi ba burirwa irengero.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.