Mu mirwano ikomeje kubera mu nkengero z’u Mujyi wa Mushaki na Sake byamenyekanye ko yaguyemo abasirikare b’u Burundi, bakabakaba 25, harimo n’abafite ipeti rya Major babiri aribo: Major Onesphore Ndayiragije na Major Ngendakumana Pascal. Abandi benshi muribo bakaba bara buriwe irengero.
Iriya mirwano ikaze yongeye kubura kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/2023. N’ibitero ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo zifatanije n’ihuriro ry’ingabo z’u Burundi na Wazalendo, FDLR na Wagner , bari bagabye Kalenga na Kirolilwe ahari ibirindiro by’ingabo z’u mutwe wa M23.
Ariya makuru icyogihe yemejwe n’u muvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, aho yagize ati: “Ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zateye ibisasu muri Kilolirwe no munkengero zayo. Ibisasu kobarabirasa ahatuwe n’abaturage n’ahari ingabo zacu, ariko ingabo zacu zikomeje kw’irwanaho no kurwanirira abaturage n’ibyabo.”
Nk’uko byavuzwe iriya mirwano yo ku Cyumweru yaguyemo n’umusirikare ukomeye wo mu mutwe wa FDLR, Colonel Gaby Ruhinda. Nyuma yaho k’u wa Mbere, tariki ya 04/12/2023, imirwano yakomereje munkengero z’u Mujyi wa Mushaki ndetse na Sake aho byemezwa ko u mutwe wa M23 wafashe ibindi bice byinshi birimo Rumineti, Musungati nokuri Trois entenne, mu bilometre 2 na Mushaki, homuri teritwari ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
N’imirwano igikomeje n’ubu aho nokuri uyu wa Kabiri, tariki 05/12/2023, iriya mirwano yakomeje kubera mu nkengero za Mushaki no mu misozi y’unamiye u Mujyi wa Sake, uri mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.
Mu mirwano yabaye ejo byanavuzwe ko hakomeretse ziriya Ngabo z’u Burundi n’inshi nk’uko iy’inkuru tuyikesha ibinyamakuru by’u Burundi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.