Ku wa Kabiri, tariki 05/12/2023, abaturage bo mu bwoko bw’Abapfurero n’Abanyamulenge, baturiye akarere ka Rurambo, homuri teritwari ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, bakoze ikiganiro kigamije gutegura amasoko kongera kurema nk’ibisanzwe.
Byavuzwe ko Isoko yo mu Gitoga irema k’umunsi wa Gatatu, iri bureme nk’uko byahoze kuva kera ko kandi abagabo n’abashinzwe umutekano bagomba ku biharanira ndetse n’Isoko iremera mu Buzuke ikaba izirema kumunsi wa Kane, nayo igomba kuzarema kuri uwo munsi.
Nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga n’uko muricyo kiganiro havugiwemo kandi gutegura ibiganiro rukokoma bizahuza akarere kose ka Rurambo na Bijombo bikazabera mu Masango tariki 08/12/2023.
Uwatanze ay’amakuru yahamirije Minembwe Capital News, ko Abapfulero kuri ubu bakomeje guhamagarira ababo kuva muby’intambara “ngo kuko basanze Abanyamulenge badashaka intambara.”
Andi Makuru avuga ko intambara ngoyaba yarabaye Mundegu homuri biriya bice byo muri Rurambo, teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ariya makuru byavuzwe ko arikimyoma n’inyuma ya Audio yagiye icyicibikana ku mbuga nkoranya mbaga (social media) ivuga ko Abapfulero bo Mundegu bagabweho igitero n’Abantu baje bitwaje imbunda, mw’ijoro ryo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/12/2023. Ukuri n’uko bariya Bapfulero bikanze Itoroshi bari barangije ku Misozi ihetamiye u Muhana wabo biza kubaviramo guhunga.
Twabibutsako Isoko zomuri kariya karere ka Rurambo zari zongeye gukororwa nyuma y’intambara yo kw’itariki 21/11/2023. N’intambara Abanyamulenge bari bagabweho n’u mutwe wa Gumino, P5, FDLR n’ingabo za FARDC ndetse na Maï Maï. Gusa iy’i mirwano abaturage b’irwanaho baje kuyitsinda birangira akarere kongeye kubamo umutekano.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.