Umunsi wose wokuri uy’u wa Kabiri, tariki 05/12/2023, hiriwe imirwano ikaze n’imirwano y’umvikanye mo urusaku rw’imbunda zikomeye n’izito.
Nk’uko byavuzwe kuva mu Gitondo n’uko iriya mirwano yarimo ihuza ingabo za Gen Sultan Makenga n’ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo.
Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko imirwano yabereye munkengero z’u Mujyi wa Mushaki, kurundi r’Uhande imirwano y’indi ikaze yarimo ibera mu misozi y’unamiye u Mujyi wa Sake uri mu bilometre 27 n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
Ahagana isaha za saa tatu(9:35Am), iriya mirwano yabereye mugace Katabiro kari mu bilometre 4 na Mushaki byaje kurangira u mutwe wa M23 wigaruririye kariya gace ko muri Grupema ya Kamuronza, teritware ya Masisi ahandi hafashwe n’ingabo za M23 nimuri Localite ya Musungati nayo iherereye nko mu bilometre 5 na Mushaki ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mungabo za EACRF.
N’ubwo ingabo z’u Burundi zishinjwa na M23 kwinjira m’urugamba rweruye, uriya mutwe uhanganyemo n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa ariko umuvugizi w’igisirikare c’u Burundi yanyomoje amakuru avuga ko bari muriyo mirwano.
Gusa amakuru dukesha abaturage baturiye ibyo bice bahamya ko abarundi bakomeje gupfira muri ririya mirwano ikomeje kubera munkengero z’u Mujyi wa Mushaki, muri teritware ya Masisi.
Muri iriya mirwano yabaye kuri uyu wa Kabiri, umutwe wa M23 wongeye kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi n’abambari babo ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo n’imbunda zirasa kure ko ndetse bafashe n’imbunda ya Blenda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.