Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru, bari butumwa bw’amahoro boherejwemo n’umuryango w’ibihugu by’Afrika y’iburasizuba ( EAC) bahakanye amakuru bashinjwa n’ingabo za Gen Sultan Makenga ko b’injiye m’urugamba rweruye bafasha ingabo za FARDC, FDLR, Wagner, na Wazalendo kurwanya umutwe wa ARC/M23.
Ziriya Ngabo z’u Burundi zinyomoje ariya makuru mugihe muri iki Gitondo co kuri uyu wa Kabiri, tariki 05/12/2023, perezida w’u mutwe wa M23 Bertrand Bisimwa yazamaganye aho yagize ati: “Mu bitero ingabo za Guverinoma ya Kinshasa batugabyeho, ingabo z’u Burundi z’ibarizwa muri EAC biyunze n’iriya mitwe ifasha FARDC kuturwanya baradutera batera n’abaturage. Kuva ubu mu menye ko ingabo z’u Burundi zamaze kwiyunga n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zihanganye na M23.”
Umuvugizi wa M23 mu bya politike Lawrence Kanyuka, nawe yemeje ay’amakuru maze agira ati: “Turamenyesha akarere n’abenegihugu n’abanyamahanga ndetse na EAC ko: Ingabo z’u Burundi ziri muri EACRF zihurije hamwe n’ihuriro ry’ingabo za Kinshasa bagaba ibitero ku birindiro byacu no k’ubaturage.”
Nyuma y’ubu butumwa bw’ubuyobozi bw’ingabo za Gen Sultan Makenga, ziriya Ngabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo mu Burasirazuba bwa RDC bahise bamagana ibyatangajwe na M23.
Mu butumwa batanze bagize bati:” Ingabo z’u Burundi (FDNB), baramagana ibinyoma byatangajwe na perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, avuga ko abarundi bari muri EACRF b’injiye mu Mirwano irikubera muri Kivu y’Amajyaruguru.”
Kiriya Gisirikare c’u Burundi cyakomeje kugaragaza ko bagumye mu birindiro byabo . Gusa bavuga ko uriya mutwe wa M23 wakomeje kubashotora.
Mu makuru Minembwe Capital News, imaze kwakira yizewe n’uko mu mirwano yabaye kuri uyu wa Mbere, tariki ya 04/12/2023, hapfuye Captain wo mungabo z’u Burundi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.