Ingabo za Repubulika ya Demokorasi ya Congo n’Abasirikare b’u Burundi bazamutse i misozi miremire ya Rurambo bava i b’Uvira ho mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Byatangiye kuvugwa ko ziriya Ngabo zoba zarazamutse kuri uyu wa Kane, tariki ya 25/11/2023. Nk’uko byavuzwe bariya basirikare bazamutse aribenshi babarigwa muri 300. Mu makuru yizewe Minembwe Capital News imaze kwakira n’uko bariya bagiye gutsimbura ingabo z’u Burundi z’ibarizwa hariya muri Localite ya Kahororo, Grupema ya Kigoma mugihe nabariya ba FARDC bagiye gutsimbura ababo.
Ibi bibaye nyuma y’uko hariya habaye imirwano ikaze nimugihe ihuriro ry’ingabo za Kinshasa, FDLR, Gumino, P5, na Maï Maï, bari bagabye igitero mu baturage bo m’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge), baturiye u muhana wa Nyakamungu ubalizwa muri Localite ya Kahororo. N’igitero cyasize gikomerekeje abaturage barimo u mukobwa uri mu kigero cy’imyaka 18 n’u mudamu uri mu kigero cy’imyaka 47.
Gusa Abaturage b’irwanaho baje kurwana kubaturage birangira ririya huriro ry’ingabo za Kinshasa n’abambari babo bahagiriye amahirwe make nimugihe zir’iya Ngabo za RDC bahise batakaza abasirikare babo 57. Ibi bikaba byaratumye leta ya Kinshasa yohereza delegation y’ingabo i b’Uvira aho iyo delegation yaje iyobowe na Gen Tango Fort Amisi Kumba. Kugeza ubu Tango Fort aracari i b’Uvira biranavugwako azasiga akoze impinduka ninshi mu Gisirikare hariya muri teritware ya Uvira na Fizi.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Nibaje gushaka imitwe yitwaje ibirwanisho bareke kuja mubaturage.