Perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, mu kiganiro cyabereye i Bunagana yahishuriye Isi ko leta ya Kinshasa, irimo gukora Genocide yo kurya abantu.
Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 18/11/2023, i Bunagana ahazwi nka gace gakomeye mubice u mutwe wa M23 wambuye ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo n’abafatanya bikorwa babo, habereye ibiganiro bikaze byari byatumiwe mo abanyamakuru batandukanye bavuye hirya nohino kw’Isi.
Mw’ijambo rya perezida w’u mutwe wa M23, Bertrand Bisimwa, yabwiye abari bitabiriya yababwiye ko mugihe leta ya Kinshasa yakomeza gukinisha imbunda bo bazakomeza gufata ibice bikaze.
Yagize ati: “Niba Kinshasa i komeje kwibeshya ko ikibazo cyo mu burasirazuba ki zakemurwa n’imbunda tuzabatsinda mu buryo bwa gisirikare. Kandi nibakomeza gutsimbarara ko batazakorana na M23 ibiganiro tuzabereka ko twe tudakina.”
Perezida Bertrand Bisimwa, yakomeje agira ati: “Dufite uburenganzira bwo kubaho mu bwumvikane kandi tukabaho nkabandi. Birazwi ko leta ya Tshisekedi irimo gukora Genocide yokurya abantu.”
Abivuze mugihe byavuzwe ko abasirikare bo mungabo za FARDC bishwe bazira uko baremwe bazira ubwoko bwabo Abatutsi bamwe muribo inyama zabo byagiye bigaragara aba bishe barimo kuzirya. Nyuma yo kubatwika nka Major Joseph Kaminzobe, wiciwe i Lweba, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, yishwe atwitswe, mu mwaka wa 2021 barangije bafata inyama ze bakazirya nk’uko byarimo bigaragara bofotora bakoresheje video.
Nimugihe kandi leta ya Kinshasa kw’ica Abatutsi bari mu gisirikare ca FARDC muriy’iminsi bimaze gufata indi ntera. Aho undi musirikare wo mungabo za FARDC aheruka kwicwa ba mutwitse, i Goma, tariki 09/11/2023, azira ubwoko bwe Abatutsi.
Muyandi magambo yavuzwe muriki kiganiro cya bereye i Bunagana (press conference), byavuzwe ko TSHISEKEDI, kuba adashaka ko imirwano ihagarara mu burasirazuba bwa RDC ko yoba ari mu mikino kugira ngo amatora yigizwe inyuma maze akomeze kuba kubutegetsi, i Kinshasa.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.