Imirwano ikaze yabaye mw’ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu rishira kuri uyu wa Gatandatu, tariki 18/11/2023, hagati ya Maï Maï n’ngabo z’u Burundi z’ibarizwa muri Batayo ba huriyeho n’igisirikare ca RDC, yahawe izina rya TAFOC (Task Force), yabereye neza ahitwa ku Cyito, mu misozi y’u namiye Makobola, homuri teritwari ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.
Isoko yacu dukesha iy’inkuru ivuga ko iriya mirwano yatangiye igihe c’isaha z’ijoro ahagana isaha za saa tanu(11:00pm). N’inyuma y’uko ziriya Ngabo z’u Burundi, Gumino na FARDC bari bakurikiye Inka za Banyamulenge zari zanyazwe na Maï Maï ziyobowe n’uwiyita Colonel Rene, uvuka m’ubwoko bw’Ababembe.
Twabwiwe ko ziriya nka zanyazwe kuri uyu wa Kane, tariki 16/11/2023, zinyagiwe mu biraro aho abungeri ba Banyamulenge (Tutsi), bakunze gusuhurira Inka zabo. Uwaduhaye iy’inkuru yaduhamirije ko izo nka zanyazwe arizo kwa Colonel Alexis Nyamusaraba, uyoboye u mutwe witwara Gisirikare wa Gumino n’izo kwa Nyirarume wa Nyamusaraba.
Kuri uyu wa Gatanu, tariki 17/11/2023, n’ibwo bariya basirikare b’u Burundi na FARDC bakurikiye ziriya nka intambara iza ku babana ninshi nk’uko twavuze haruguru ubwo bari bageze ahitwa ku Cyito, imisozi y’u namiye Makobola.
Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko ziriya Ngabo z’u Burundi na FARDC ndetse n’abarwanyi bo mu mutwe wa Gumino, bamaze kwika i Makobola abatware bo m’ubwoko bw’Ababembe ba babwira ko ba tabaha izonka ngo kuko “Ariz’Abanyarwanda, arinabwo bahise bafatwa bose burizwa i Modoka kuri ubu bari kuri Biro 2(Bureau deux), i b’Uvira.
Kugeza ubu ntagisubizo ziriya Ngabo za FARDC n’Abarundi barahabwa hubwo bafunzwe bazira Inka bari bakurikiye zanyazwe na Maï Maï.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.