Perezida Félix Tshisekedi, yongeye gusaba imiryango Mpuzamahanga gufatira leta ya Kigali ibihano.
Nk’uko u mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi abivuga yavuze ko perezida Paul Kagame w’u Rwanda ko ariwe muyobozi w’umutwe wa M23. Ibi yabivugiye mukiganiro yakoranye n’abanyamakuru ba Radio France 24 na RFI, kuri uyu wa Kane, tariki 16/11/2023.
Yagize ati: “Ndasaba imiryango Mpuzamahanga gufatira byihuse leta ya Kigali ibihano. Bateye igihugu ca RDC.”
Ubutegetsi bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, bugize igihe bushinja leta ya Kigali gufasha u mutwe wa M23, ibyo Kigali yakomeje gutera utwatsi hubwo leta y’u Rwanda igashinja ubutegetsi bwa Kinshasa kuba bukorana n’u mutwe w’itwaje Imbunda wa FDLR urwanya ubutegetsi bwa Kigali .
Uwigeze gukurira komisiyo y’amatora muri RDC (CENI) bwana Corneille Nangaa, kuri ubu ubarizwa m’ubuhungiro aheruka gushira inyandiko hanze zivuga ko perezida Félix Tshisekedi ingabo zimucunze arizo mu mutwe wa FDLR.
Ibi n’umuryango w’Abibumbye ubwobo basohoye icyegeranyo muntangiriro z’uyu mwaka wa 2023 bahamya ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo zikorana byahafi n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR.
Bikaba byaragiye binagaragazwa n’ingabo zo mu mutwe wa M23 aho banaheruka gufata matekwa bamwe mubarwanyi ba FDLR m’urugamba bahanganyemo n’ingabo za RDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.