Amakuru dukesha isoko yacu ya Minembwe Capital News, n’uko kuri uyu wa Gatanu, tariki 03/11/2024, minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, Patrick Muyaya, y’ibasiriye Moïse Katumbi, amushinjako adatanga umusanzu w’ibitekerezo ngo abe yatunga urutoki leta y’u Rwanda, bariya bayobozi ba Kinshasa bashinja kuba u Rwanda rufasha u mutwe wa M23.
Byanavuzwe ko Muyaya, atibasiriye Moïse katumbi wenyine gusa ko ahubwo yashinje abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi, kudatunga agatoki leta ya Kigali.
Patrick Muyaya, yagize ati: “Nigute waba urikwiyamamaza kuyobora i Gihugu ariko utabasha kwerekana umwanzi wa Congo.”
Yunzemo ati: “Birakwiye ko muvuga izina u Rwanda, muvuge ko arirwo ruhungabanya umutekano w’abaturage. Muvuge ibintu byose uko biri nuko bisa mubone kuyobora RDC.”
Ay’amakuru akomeza avuga ko Muyaya, ibi yabivuze tariki 02/11/2023, ubwo yarimo aganira n’umuganga umuvura nk’uko iy’inkuru twayihawe.
Patrick Muyaya, yasoje avugako bagitegereje ibindi bitekerezo byabandi ba kandida, kubyerekeye ikibazo cy’intambara M’uburasirazuba bwa Congo Kinshasa, aho yahise ashimagiza ubuyobozi bwa Félix Tshisekedi, avugako bwazamuye imbaraga z’igisirikare ko kandi bamaze kubaka Ubutabera ndetse n’ubutunzi, akaba yaremeje ko leta ye imaze kuza k’umwanya wambere mukarere kubijanye na diplomasi.
Muyaya ati: “Leta ya Kinshasa, ntabwo ikiri yayindi yohambere yo gutegekwa ibyo bakora! N’uyu Moïse Katumbi, ndahamya ko adafite ijambo rishobora guhinyuza ibyo Guverinoma ya Félix Tshisekedi yakoze, hubwo bagakwiye kwiharuramo gutsindwa mu Matora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba.”
Twabibutsako kandidatire ya Moïse Katumbi, yabanjye kurwanywa n’abari m’ubutegetsi bwa Kinshasa, nk’uwitwa Noël Tshiani aho yarimo arega Maïse Katumbi kubijanye n’ubwenegihugu, yamushinja gako atunze ubwenegihugu bu biri. Ibi byaje guteshwa agaciro kuri 30/10 /2023 n’urukiko rushinzwe kurengera itegeko shinga.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.