Ingabo z’u muryango w’Afrika y’Amajy’epfo SAMIDRC, zirimo gutegurwa koherezwa M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo.
Nk’uko byagiye bitangazwa cyane ahanini n’abo muri Guverinoma ya Kinshasa, bashingiye k’u Nama zagiye zihuza Abakuru b’ibihugu bihuriye muri uwo muryango wa SADEC. N’i Nama zahereye m’ukwezi kwa Gatanu (5), uyu mwaka aho ndetse nokuri uyu wa Kabiri, tariki 31/10/2023, habaye i Nama itegura irimo uyu munsi, k’uwa Gatandatu, tariki 04/11/2023, i Luanda, mugihugu ca Republika ya Angola.
Minembwe Capital News, twegereye umusesenguzi utakunze ko izina rye ryashirwa hanze, agira icyavuga kungabo za SADC.
Yagize ati: “Kubwanjye mbona SADC Isoni zi zabakora! Mubyanjye bitekerezo, urabona SADC, kuza muri Congo Kinshasa, kandi hakiri Ingabo z’umuryango wa EAC , bivuze ko basuzuguye ziriya Ngabo za EACRF.”
“Kw’injirana EACRF mukarere kayo kandi bakiri muri misiyo yamahoro batanabigiyemo i Nama harimo guhubuka muburyo bwa politique ! Cyobikoze, nagira i Nama i Bihugu bigize EAC:
Guhura vuba nabwangu kugira bamenye misiyo nyayo ya SADC M’uburasirazuba bw’iki Gihgugu ca RDC. Mugihe bazasanga SADC izanwe no gucyungera Umutekano wa Villes ya Goma na Sake gusa nk’uko ibinyamakuru bimwe bivuga icyogihe byakwihanganirwa ndetse EAC yosaba ko haba ubufatanye icyo twakwita Mission Conjointe EAC-SADC(ubufatanye), mukugarura Amahoro M’uburasirazuba bwa Congo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.