Kuri uyu wa Gatanu, tariki 03/10/2023, i Luanda hateraniye i Nama yahuje Abayobozi batandukanye bagize komite y’u muryango w’ibihugu by’Afrika y’Amajy’epfo(SADC).
N’i Nama byavuzwe ko irimo kwiga nogutegura kukohereza ingabo za SADC M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Nk’uko byavuzwe iriya Nama, yahuriwemo n’aba Minisitiri b’ingabo z’uyu muryango wa SADC, aho ibiro bya Minisitiri w’ingabo muri RDC, byatangaje ko Minisitiri w’intebe w’ungirije akaba na Minisitiri w’ingabo, bwana Jean Pierre Bemba Gombo ko y’itabiriye ibyo biganiro, yagiye aherekejwe na Minisitiri w’ubutwererane mukarere, Mbusa Nyamwisa Antipas.
Ay’amakuru akomeza avuga ko n’abakuru b’ibihugu ubwabo bazayitabira kuri uyu wa Gatandatu, tariki 04/10/2023, bikemezwa ko na Perezida Félix Tshisekedi, wa Republika ya Demokarasi ya Congo, ko azabyitabira, nk’uko tubikesha Radio RFI, y’Abafaransa.
Mu Nama y’ubushize yahuje bariya bakuru b’ibihugu buriya muryango wa SADEC, tariki 31/10/2023, baganiriye uburyo bwogutegura ingabo za SAMIDRC, kugira ngo zoherezwe M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, murwego rwo kugarura amahoro muri aka karere kagize Igihe kaberamo imirwaro hagati ya M23 n’Ingabo za RDC.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.