Sosiyete sivile yo muri Komine ya Minembwe, muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, ikomeje kwamagana imigambi, mibisha yihishye mungabo za FARDC zomuri brigade ya 12 ikorera mu misozi miremire y’Imulenge.
Nk’uko iyi Sosiyete sivile yabigaragaje m’ukwezi gushize kwa Cyenda (9), uy’u mwaka w’ 2023, bavuze ko harikintu kibi cyihishe muri ziriya Ngabo za FARDC, bagize bati: “Hari umw’ijima wihishe mungabo za FARDC zomuri brigade ya 12 ikorera mu Mininembwe. Ziriya Ngabo zitegwa inkunga n’Abanzi ba b’Anyamulenge kugira ngo basenye ubwoko bw’Anyamulenge.”
“Mu mugambi mubisha FARDC ifite n’uguhendesha uruby’iruko bakoresheje ifaranga. Fardc barashaka kumaraho Twirwaneho kugira ngo Mai Mai ibone uko isenya Burundu ubu bwoko.”
Bakomeje bavuga ko FARDC ishaka kumaraho Twirwaneho kugira ngo Twirwaneho n’imara gucika intege Mai Mai Bishambuke izarimbure ubwoko bwabo.
Ati: “Twirwaneho niyo ituma hataba ibitero bya Mai Mai, irarinda igakingira ariko rero FARDC irashaka kuyimaraho.”
Mu makuru yakomeje avugwa na Sosiyete sivile ya Minembwe, n’uko ziriya Ngabo za FARDC zomuri brigade ya 12, bakoresheje buriya buryo, bwogushukisha abasore ba Banyamulenge, baKoresheje ifaranga aho byanavuzwe ko uwitwa Rugazura Ndayisaba, ufite Imyaka 19 na Merci Byiringiro ufite Imyaka 20, ko FARDC yabahaye ifaranga maze biba Twirwaneho imbunda zibiri(2), zom’ubwoko bwa AK-47 bajana n’imyambaro ya bagenzi babo, tariki 25/10/2023, baja kwirubura muri FARDC mu Minembwe. Aba basore bikavugwa ko baje muri brigade ya 12 ya Minembwe bavuye i Gakenke.
Ibi ngobikaba biri mubituma haba gushamirana hagati ya FARDC n’abaturage baturiye Minembwe.
Nanone kandi Sosiyete sivile ikavuga ko yo ishigikiye inzira ya leta yogukomeza inzira ya P-DDRCS, mu misozi miremire y’Imulenge (Hauts plateau de Fizi, Mwenga et Uvira). Gusa bo bagahamagarira imitwe y’inyeshamba y’itwaje imbunda kwitabira iyo Gahunda ya leta kugira ngo basubizwe mubizama busanzwe, bitari uguhenda abaturage b’irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.