Umuvugizi w’igisirikare ca FARDC, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yijeje abaturage ba Goma ko M23 itazigera ifata uy’u Mujyi.
Umuvugizi w’Igisirikare ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, yakuriye inzira ku murima abatekereza ko umutwe wa M23 uzigarurira teritwari ya Nyiragongo n’Umujyi wa Goma.
Iy’inkuru dukesha Radio Okapi, yavuze ko Lt.Col Ndjike Guillaume Kaiko yatangaje ko u mutwe wa M23 udateze kubatsinda ngubavane muri Nyiragongo kandi ko uzatsindwa mu bihe bya vuba.
Uyu musirikare avuga ko batazemerera umutwe wa M23 n’ingabo z’u Rwanda gufata ibirindiro bya FARDC nk’uko bimeze muri Kibumba, iherereye mu Majy’Aruguru ya Nyiragongo.
Ingabo za Congo zikomeje ibikorwa byo gusuka ibisasu biremereye ku mutwe wa M23 ari nako bihitana abasivili b’inzirakarengane. FARDC ivuga ko iri guhasha umutwe wa M23 n’ingabo z’u Rwanda ngo bafite umugambi wo gufata umujyi wa Goma. Umutwe wa M23 ukomeje kugaragaza ko wubahirije ubusabe bw’abakuru b’ibihugu byo mu Karere bwo guhagarika imirwano, ariko ingabo za Leta zikaba zikomeje kubagabaho ibitero.
Ibi abivuze mugihe imirwano imaze iminsi itatu ntaguhangana kubaye hagati ya M23 n’ingabo za RDC. Gusa amakuru yizewe nuko M23 igenzura ibice byose byo muri Groupemant ya Kibumba na Buhumba kugeza kuri Trois entenne, hafi y’u Mujyi wa Goma.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.