Ibirindiro(Base) bya Bacanshuro (Wagner), baje bava i Buraya, byarahitwa Kanyamahoro, homuri teritwari ya Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, byarasenywe, muntambara ziheruka hagati ya M23 na FARDC.
Nk’uko bizwi Wagner bageze muri Congo Kinshasa, k’ubusabe bwa leta ya Kinshasa aho babasabishije ngo baze gufasha igisirikare cyabo (FARDC, FDLR na Wazalendo), kurwanya umutwe w’inyeshamba wa M23, urwanya ubutegetsi bwa Kinshasa.
Nyuma y’uko biriya birindiro bya Wagner byari bimaze kuraswaho birasenyuka buriya butegetsi bwa Kinshasa, binyuze muri Minisitiri w’itumanaho akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, yatangaje ko biriya birindiro kobyaba byasenywe na M23. Amakuru y’ukuri Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko ibirindiro bya Wagner byasenywe n’ibibomba by’ingabo za FARDC.
Nk’uko n’ubundi kiriya Gisirikare cya Perezida Félix Tshisekedi, giheruka kurasa mubirindiro by’ingabo z’umuryango wa EAC cyica umusirikare wo mururiya muryango waje ava mu gihugu ca Republika ya Kenya.
Singabo za Kenya gusa zomuri EACRF zarashweho na FARDC doreko n’iza Uganda zarashweho ubushize zirasirwa mubice byomuri teritware ya Rutsuru, aho byatangajwe ko ba biri muriziriya ngabo za Uganda bakomeretse bidakabije.
Amakuru avugako biriya birindiro bya Wagner ko aribyo byabikirwamo Drone zikoreshwa na Wagner ndetse ko kandi Wagner yazibikiramo Imbunda zabo zamabrenda n’ibindi bikoresho byinshi by’agisirikare ariko kuri ubu ibyo birindiro byahindutse umuyaga.
Ibi birindiro bikaba byarasenyutse muntambara yamaze iminsi itandatu y’ikubiranya muri Groupemant ya Kibumba na Buhumba, byomuri teritware ya Nyiragongo.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.