Minisitiri w’ubanye n’Amahanga wa RDC, Christophe Lutundula, yatangaje ko leta ye yiteze kugira ico ikora mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusasu rumwe mu Mujyi wa Goma.
Minisitiri w’ubanye n’Amahanga wa Republika ya Demokorasi ya Congo, Christophe Lutundula, yatangarije amahanga ko leta ye yiteze kugira ico ikora mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusaku rumwe mu Mujyi wa Goma.
Ibi abivuze mugihe kuri uyu wa Kane, tariki 26/10/2023, imirwano hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo(Fardc), yiriwe ibera munkengero z’u Mujyi wa Goma ndetse no muri Rutsuru.
Christophe Lutundula, yagize ati: “Mbivuze mw’izina rya perezida wa Republika, Félix Tshisekedi no mw’izina rya banyagihugu bose mugihe umutwe wa M23 waramuka urashe urusaku rumwe mu Mujyi wa Goma, muricogihe twiteze kugira ico dukora catangaza isi.”
Abivuze mugihe kandi Umuvugizi w’igisirikare ca Republika ya Demokarasi ya Congo, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume, yaramaze kumenyesha ko ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (Fardc) zikomeje kubahiriza Amasezerano yoguharika imirwano ngo nimugihe zir’iya Ngabo ngo zikura muduce tumwe natumwe maze ngo ingabo za M23 zikatwigarurira.
Ibi umutwe wa M23 wabibeshuje aho Umuvugizi wabo mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka, aho yemeje ko ingabo za Republika ya Democrasi ya Congo (FARDC,FDLR WAGNER na Wazando), kwaribo hubwo bagabye ibitero muri Kibumba na Buhumba bituma ingabo z’u mutwe wa M23 zirwanaho zirwana no k’ubaturage bakomeje gusukwaho ibisasu byaziriya Ngabo za FARDC n’abambari babo.
Mu makuru agera kuri Minembwe Capital News, yahawe n’abantu bizewe baturiye Kivu y’Amajyaruguru, batubwiye ko imirwano hagati ya M23 n’ingabo za RDC, yatangiye igihe c’isaha zitatu (9:10Am) iza kugeza igihe c’isaha z’umugoroba , maze batubwirako iyo mirwano yiriwe ibera mubice biherereye muri Groupement ya Kibumba na Buhumba, aha akaba ari munkengero z’u Mujyi wa Goma.
Iy’i mirwano yabereye kandi mubice byo muri Groupemant ya Bambo aho byemejwe ko ingabo za FARDC zateye ibi bomba biza kwica abasivile benshi muri Bambo, teritware ya Rutsuru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.