Umutwe wa M23, ukomeje kujegeza imbaraga za leta ya perezida Félix Antoine Tshisekedi, nimugihe uyu mutwe wongeye kwambura ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo imbunda zakoreshwa n’Abasirikare bo mw’itsinda ry’umutwe wa Hiboux.
Mu Makuru amaze kugera kuri Minembwe Capital News, n’uko mu mirwano yahuje M23 n’iri huriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha Ingabo za FARDC kurwanya M23 yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023 aba bo mu mutwe wa M23 bongeye kuyora ibikoresho byinshi by’agisirikare nk’uko bigaragara no kumafoto.
Agace FARDC yamburiwemo ibikoresho nagace ka Kanyabuki gaherereye mu bilometre bike n’u Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
N’imirwano byavuzwe ko y’ubuye igihe c’isaha zibiri z’igitondo cokuwa Kabiri, iza guhagarara ahagana saa Kenda(3:00Am) z’urukerera, rwokuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023. Bwakeye impande zose bararebana ayingwe muri aka gace ka Kanyabuki.
Naho ubu haravugwa imirwano irimo k’umvikana mo imbunda ziremereye n’izito n’amakuru yanemejwe n’umuvugizi wa M23, murwego rwa politike, bwana Lawrence Kanyuka.
Yagize ati: “Uyumunsi, tariki 25/10/2023, ahagana isaha za Saa Saba (13:00pm), ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo, bateye ibi Bomba, ahari Abaturage mubice bya Kibumba, Kanyamahoro, Buhumba no munkengero zayo.”
Y’unzemo kandi ati: “Umutwe wa M23, ntuzarebera uzakomeza kurwanirira Abaturage no kubarinda ndetse nokurwanirira ibyabo.”
Iy’inkuru ikomeza ivuga ko iy’i mirwano ikomeje kubera mubice bya teritware ya Nyiragongo, biherereye mu nkengero z’u Mujyi wa Goma.
Andi Makuru nuko hagaragajwe umusirikare wo mungabo za EACRF, Nimpaye Eraste, uva mugihugu c’u Burundi, urwana k’uruhande rwa FDLR, Wagner na Wazalendo, n’ibyatangajwe mu makuru y’ibinyamakuru by’uburundi birimo RPA na Inzamba, ay’amakuru yakomeje avuga ko nibura abasirikare b’u Burundi barenga 45 kobamaze gupfira muntambara bahanganyemo na M23.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.