Umutwe wa M23 n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) bararebana ayingwe mubice bya Kanyabuki, hagati aho buri r’Uhande rushinja urwabo kuba nyiribayazana w’imirwano.
Intambara hagati ya M23 n’ingabo za Republika ya Demokorasi ya Congo (FARDC), aho bafashwa n’imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wagner na Wazalendo yagejeje igihe ca Saa Kenda z’urukerera rwokuri uyu wa Gatatu, tariki 25/10/2023.
Amakuru dukesha isoko yacu avuga ko kuri ubu iyo mirwano isa n’ihagaze gusa bakaba bari kurebana ayingwe hagati y’impande zihanganye. Ingabo za leta ya Kinshasa n’abambari babo bahagariye mugace ka Kanyabuki.
Ay’amakuru akomeza avugako ko ingabo za M23 zambuye ibikoresho by’agisirikare byinshi by’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) byari biherereye aha k’umusozi wa Kanyabuki, agasozi kari mubilometre bike nahitwa kuri trois entenne ahari ibirindiro by’ingabo zo mu muryango wa EACRF.
K’urundi r’Uhande byemejwe ko ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kwarizo zarashe ib’i bomba byarangiye bihitanye umusirikare mungabo za EACRF ukomoka mugihugu ca Republika ya Kenya.
Hagati y’impande zihanganye k’uruhande rwa Kinshasa na M23 bakomeje kwitana ba mwana kurinyiribayazana w’intambara muri Kibumba n’ahandi.
Ahagana isaha z’igitondo kuri uyu wa Kabiri, tariki 24/10/2023, nibwo ingabo za FARDC n’abambari babo bagabye igitero mubice bya Kibumba nk’uko iy’inkuru yavuzwe bwambere n’abaturage baturiye ibyo bice ubwo baganiriye na Minembwe Capital News,
Bagize bati: “Kuri ubu hari Urugamba rukaze leta ya yagabye igitero gikomeye ahari ingabo za M23 muri Kibumba ibindi Bisasu byarimo bigwa ahari abaturage.”
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
M23 courage,mukomere kumuheto muharanire uburenganzira bwa batutusi bugarijwe,bashaka kurimbura Imana izabafasha