U Mujyi wa Kitchanga, ukomeje kuba isibaniro ry’intambara nimugihe ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya Kinshasa, muriki Gitondo co kuri uyu wa Mbere bongeye gufata igice ca Kitchanga kiri muri teritware ya Masisi.
Mu makuru Minembwe Capital News yabwiwe n’uko uyu Mujyi waraye ufashwe wose n’ingabo za M23 ariko M23 iza gusanga Wazalendo basize basahuye bi baterera kuwuvamo igice kimwe. Nk’uko iyi nkuru ikomeza ivuga n’uko ahagana mu masaha y’iki Gitondo tariki 16/10/2023, Wazalendo, FDLR n’ingabo za RDC bakaba bamaze kwinjira mugice ca Masisi kigize uyu Mujyi wa Kitchanga.
Kitchanga ni u Mujyi ufite ubutaka buhuriweho na teritware ya Masisi na Rutsuru, aho unafite Imihanda ihuza uturere twinshi nk’umuhanda uva Sake, Kabutuga, Kilolirwe, Burungu winjira Kitchanga. Umuhanda rero ingabo za M23 zifite nuva Kitchanga ugana Tongo arinawo uhuza Rutsuru na Kitchanga.
Bariya ba M23 banashinze imbunda ziremereye mu misozi yose y’unamiye Kitchanga nk’imisozi ya Mubugu.
Iyi yaribaye inshuro ya Gatatu umutwe wa M23 wigaruriye Kitchanga mugihe camezi Cyumi nabiri muri uyu mwaka w’2023. Kugeza ubu imbunda zari zitaratangira k’umvikana ariko umwe mubaturage baturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News, ko hazindutse hagwa imvura ninshi ikaba iri mubyatunye hataba guhangana ariko kugeza ubu bararebana ayingwe.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.