Kuri uyu wa Gatandatu, tariki 14/10 2023 , i Kinshasa, habereye ibiganiro byarimo bihunza intumwa za SADEC n’Amashyaka atandukanye yishize hamwe akora ico bise FCC (Front Commun Pour le Congo), iyobowe n’uwahoze ari umukuru w’igihugu ca RDC, Joseph Kabila Kabange.
Mu makuru Minembwe Capital News, yakiriye avugako ibyo biganiro byaribishingiye ku kungene amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe kuba muri uyu mwaka arimo gutegurwa na CENI.
Kuruhande rwa FCC, amakuru avuga ko baribahagarariwe na Emmanuel Shadary Nehemie Mwilanya, Ange Mushobekwa, Janette Kabila na Aubin Minaku.
FCC ikaba yarabwiye izo ntumwa za SADEC y’uko bo batazitabira amatora ngo nimugihe basanze “Aka Nama gategura amatora muri DRC kadatunganije neza aho banasabye ko nabo bokwinjira muri ako ka Nama.”
FCC yongeye kugaruka ku bijanye n’ikibazo cya bakozi bakora mu Rukiko rushinzwe kurengera itegeko shinga aho basabishijeko uru rukiko rushinzwe kurengera itegeko shinga rwahurirwa ho na bose ndetse rukanigenga kugira ngo urwo rukiko ruzabe rufite imbaraga zo gusigura neza ibyo itegeko shinga rivuga ndetse nimbogamizi zijanye n’ibyamatora.
Iyi FCC kandi yasabye ko hatorwa itegeko rihuriweho na bose ritanga umuco muribi bihe by’amatora aho banagaragaje ko iryo tegeko rigomba kutagira aho ribogamiye.
I kindi cagarutsweho n’ibijanye n’umutekano w’abatavugarumwe na leta ya Kinshasa, aho bagaragaje ko bicwa ndetse bakanafungwa byahato nahato.
Hatanzwe urugero rwa “Depite Cherubin Okende, wishwe azira ibitekerezo byiwe bya politike.” Muribi biganiro banagarutse ku ntambara ikomeje kubica bigacika M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo no mu majy’Epfo ya Kinshasa ariho Maindombe, bavuze ko ibi bigomba gutorerwa umuti, kugira ngo abaturage bazabone uko batora mu Matora y’umukuru w’igihugu m’ukwezi kwa 12.
Ibi byabaye mugihe muri uku kwezi dusoje kwa Cyenda (9) iri huriro rya FCC, bari batangaje ko hagomba kuba impinduka kubakozi bakora mu Rukiko rushinzwe kurengera itegeko shinga ndetse hakanatorwa itegeko rihuriweho na bose kugira ngo hazabeho amatora arimo ukuri ndetse n’ubwisanzure.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.