Abasirikare ba Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), mu Minembwe bongeye gukanga abaturage b’i Lundu barahunga bata ibyabo.
Ibi byabaye kuri uyu mugoroba wo kuwa Gatanu, tariki 13/10/2023, nimugihe aba basirikare bongeye kurasa Amasasu menshi mubice by’i Lundu ugana kuri Ugeafi. Aya makuru yemeza ko abaturage bahunze arabo mu Muhana wo kwa Buhimba hafi no kwa Makangata, mubirometre bike na Centre ya Minembwe, abandi bahunze nabo mu Muhana wo kwa Gapapa ugana ku w’ibigori.
Minembwe Capital News, yabwiwe ko abasirikare bakoze ibi arabo muri Batayo ya Colonel Ekembe, usanzwe ayoboye i Kambi y’igisikare irahitwa i Lundu kwa Buhimba . Ubwo abaturage ba Banyamulenge baribamaze guhunga ziriya ngabo za FARDC zasahuye muri iyi Mihana bahunzemo nk’uko tumaze guhabwa aya makuru.
Ikindi n’uko izi Ngabo za FARDC, bagiye gutega abantu bavaga mu Madegu Centre bakabanyaga ibyo bafite ndetse ko kandi imirima y’abaturage yongewe gusahurwa n’aba basirikare.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.