Byavuzwe ko Ingabo za FARDC n’abambari babo barimo FDLR , Nyatura na bacanshuro ko bategewe ambushe mugace ko mu Bwiza maze abenshi muri bo bakahasiga ubuzima ,Intwaro nyinshi zirafatwa abandi barahunga. Mu gihe uruhande rwa Leta rwo ruvuga ko ruhagaze neza ku rugamba.
Minembwe Capital News yabwiwe ko muriyo ambushe yabaye kuri uyu wa Gatatu, tariki 11/10/2023, uyu mutwe wa M23 wahatsinze Ignace warukuriye umutwe w’itwaje Imbunda wa Nyatura, nyuma y’iminsi mike yigambye ko nta mututsi uzongera kurangwa muri RDC mu gihe cose azaba ariho.
Nyatura ni umwe mu mitwe yitwaje imbunda imaze igihe ifasha Ingabo za RDC (FARDC) mu ntambara zihanganyemo na M23.
Amakuru yizewe Minembwe Capital News ikesha abari i Masisi avuga ko uriya Gen wa Nyatura yicanwe n’abandi barwanyi benshi b’uriya mutwe, barimo n’abari bashinzwe kumurinda.
Uyu mugabo yishwe mu gihe mu Cyumweru gishize yumvikanye yigamba ko azarambika imbunda hasi nta mututsi ukirangwa muri RDC.
Ubwo yari mu centre y’ahitwa Kibarizo FARDC n’imitwe bakorana bari bamaze gufata, yumvikanye agira ati: “Turi muri Kibarizo ejo tuzaba turi muri Kitshanga. Tuzakomeza kwirukana M23. Ntituzigera dushira imbunda hasi kugeza igihe abanzi bacu, Abatutsi bazasubirira mu Rwanda.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.