Major Gen Bruno Mpenzo, i Goma yakebuye abachefs ba Quartier abasaba kuba hafi ingabo z’amahanga zaje gufasha FARDC ndetse abasaba kandi kwirinda ibihuha.
Komanda Region ya 34 y’igisirikare ca republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC), Major Gen Bruno Mpezo Mbele, kuri uyu wa Gatatu, tariki 11/10/2023, yakoresheje i Nama y’umutekano aho hanitabye Abayobozi benshi bakora munzego zitandukanye ndetse n’Abayobozi ba ma Quartier ni Nama byavuzwe ko yabereye mu Mujyi wa Goma. Major Gen Bruno akaba yaraburiye abayobozi bama Quartier kwitandukanya n’amakuru y’ibihuha kandi ababwira ko mu Ntambara hakunzwe kuvugwa ibihuha byinshi.
Uyu musirikare w’ubashwe muribi bice Major Gen Mpezo yaboneyeho n’umwanya abwira abo bayobozi bama Quartier ko bagomba kumenya uburyo bakorana n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) ko kandi bagomba kubyitwaramo neza ngo kuko aha muri Goma hari abasirikare batandukanye, ariko y’irinda kuvuga aho aba basirikare batandukanye baje bava.
Ibi yabibabwiye murwego rwokubakebura nk’uko ayamakuru twayahawe kuri Minembwe Capital News, nimugihe mu Mujyi wa Goma habarizwa ingabo za Mahanga ninshi zaje gufasha FARDC kurwanya M23 ndetse aha muri Goma hakaba na none kandi hari imitwe y’itwaje imbunda ishigikiwe na Leta ya Kinshasa ariko bamwe murabo barwanyi bakaba batazi neza ibi bice. Izi Ngabo za FARDC zikaba zifuza ko Abachefs ba ma Quartier ko bakwiye kuza bakorana n’ingabo zigamije guhasha Inyeshamba za M23.
I Goma hari abasirikare ba Barundi (FDNB) bo mu mutwe w’imbonerakure ndetse na Wagner Group benshi baje gufasha FARDC kurwanya M23,
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.