Umutwe wa M23 urashinja ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FARDC, FDLR, Wagner na Wazalendo) kwica abaturage mubice bya Groupement ya Bambo homuri teritwari ya Rutsuru, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.
N’ubwicanyi bwahamijwe n’umuvugizi wa M23, mubyapolitike, bwana Lawrence Kanyuka, aho yakoresheje urubuga rwa X, rwahoze rwitwa Twitter,
Kanyuka, yagize ati: “Turaburira imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu Gihugu ko Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zikomeje gukora ibyaha byo muntambara kirica abasivile yagakwiye kurengera.”
Yunzemo kandi ati: “Ziriya ngabo za Republika ya Demokarasi ya Congo (FDLR, Wazalendo, Wagner na Fardc) bishe abaturage bo muri Bambo nomunkengero zayo.”
Ubu bwicanyi bwabaye mugihe Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa zarasaga amasasu buzira intambara aza gufata abasivile bataramenyekana umubare nk’uko Minembwe Capital News imaze kwakira Ay’amakuru, kandi ko ubu bwicanyi bwakozwe muriki Gitondo co kuri uyu wa Kane,tariki 26/10/2023.
Ibi bibaye mugihe umutwe wa M23 wongeye kwerekana ibikoresho by’agisirikare byinshi, harimo imbunda, zajimeri ndetse naza Motorola, bambuye FDLR, Wagner na Wazalendo ndetse na Fardc, n’inyuma yuko kandi bari baheruka kwerekana ibindi ibikoresho byinshi by’agisirikare bari bambuye FARDC.
Ni mu mirwano ikomeje kubera mubice bya Groupement ya Kibumba na Buhumba homuri teritwari ya Nyiragongo ibice biri munkengero z’u Mujyi wa Goma, ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu yaruguru.
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional
Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes.The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.